Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yasuye Kenya mu ruzinduko rugamije kuganira uko ubucuruzi hagati y’ibi bihugu bikize muri aka Karere bwarushaho kwaguka. Ari i Nairobi mu ruzinduko ruzamara im...
Umubyeyi wo mu Bugesera witwa Tuyishimire Alice yapfushije indi yari asigaranye nyuma y’uko umwana wa mbere nawe yapfuye azira kanseri. Yari atuye mu Kagari ka Kivusha mu Murenge w...
Abayobozi batandukanye barimo na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza David Cameron bamaganye iraswa rya Minisitiri w’intebe wa Slovakia witwa Robert Fico. Yarasiwe h...
Zimbabwe ni cyo gihugu cyazahajwe n’ingaruka za El Nino zabiteye kwadukamo uruzuba rwatumye haduka amapfa ubu inzara ikaba inuma. Iyo nzara yageze ku baturage barenga kimwe cya kabiri cy’a...
Ni ibyemezwa n’Urwego rwasigariye ruburanisha imanza zasizwe n’icyahoze ari Urukiko Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, n’urwari rwashyiriweho Yugoslavia. Ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru wa, IRMCT...
Ibiro bya Ambasade y’Amerika muri Tanzania yatangaje ko ibaye ihagaritse imirimo kuko murandasi ari nke cyane. Tanzania niyo yahuye n’imbogamizi zikomeye zatewe n’uko imigozi yagabur...
Mu mushinga waraye ugejejwe kuri Sena y’u Rwanda ikawemeza, harimo ko mu gihe gito mu Rwanda hazubakwa Kaminuza ikomeye yigisha amasomo ya gisirikare yagenewe abafite ipeti rya Colonel na ba Gen...
Mu bitaro bya Kibilizii biri mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Gisagara bishimira ko ku bufatanye n’Ikigo mpuzamahanga cya’ Ababiligi gishinzwe iterambere mpuzamahanga, bahawe ibyuma bis...
Ni ibyemejwe kuri uyu wa Mbere ubwo Urwego rw’Igihugu rushinzwe Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB) rwaganiraga n’abahanga bo mu Bushinwa bakora mu ishuri ryigisha ayo masomo. Ni mu rwego rwo...
Peter Mutharika wahoze uyobora Malawi yatangaje ko ashaka kongera kuba Perezida wa Malawi mu matora azaba mu mwaka wa 2025. Uyu mugabo muri iki gihe afite imyaka 84 akaba ashaka kongera kuyobora Malaw...









