Mu bihe bitandukanye amashyaka PSD na Green Democratic Party arageza kuri Komisiyo y’amatora inyandiko zerekana ko ashaka kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ay”A...
Nyuma y’amakuru yavuguruzanyaga ku rupfu rwa Ibrahim Raisi wayoboraga Iran, ubu aremeza ko uyu muyobozi yapfanye na Minisitiri we w’ububanyi n’amahanga witwa Hossein Amir-Abdollahian...
Abahinzi bo mu Murenge wa Gikonko mu Karere ka Gisagara basabye ubuyobozi kuganira n’ubuyobozi bw’uruganda rutunganya umuceri bakorera, kureba uko bajya bawugurira i Gikonko kuri make bada...
Abanyeshuri babiri bigaga mu rwunge rw’amashuri rwa Gihinga( Groupe Scolaire Gihinga ya mbere), taliki 17, Gicurasi, 2024 bagiye koga mu Kivu barohama mu kiyaga cya Kivu, umwe avanwamo yapfuye n’aho u...
Amakuru ataremeranywaho mu buryo budasubirwaho aravuga ko indege Perezida wa Iran yari arimo yakoreye impanuka ahantu bigoye kugera kugira ngo abari bayirimo batabarwe. Ku rundi ruhande, Ibiro Ntarama...
Umuvugizi w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa le général de brigade Sylvain Ekenge yatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu cyaburijemo ihirika ry’ubutegetsi kandi ko ababigerageje bose...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kuba umukozi w’Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, yarangiwe mu Rwanda bishingiye ku ngingo y’uko uyu muryango utemerewe ku...
Taarifa ifite amakuru ko hari abantu bitwaje intwaro bagaragaye muri Perezidansi ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo bafiten’ibendera ry’iki gihugu. Bikekwa ko bashakaga guhirika ubutegetsi n’u...
*Icyonderwa: Amafoto muri iyi nkuru ashobora kugira abo abangamira! Iyi nkuru igendanye n’umutekano iri mu ziriwe zivugwa guhera kuri uyu wa Gatandatu n’ubu ikaba ikiri mu makuru. Ni iy’imbogo zirind...
Komisiyo y’igihugu y’Amatora yatangaje ko kugeza ubu umuntu umwe ari we wamaze kuyigezaho inyandiko zikubiyemo ukwiyamamaza kwe ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, uwo akaba ari Paul Kagam...









