Jeanne d’Arc Nyiramahirwe usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete mu Karere ka Burera yaraye agejeje kuri Komisiyo y’igihugu y’amatora inyandiko zisaba kwemerwa kuziyamamaza nk’umugore uhaga...
Imibare itangwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, ivuga ko mu myaka irindwi ishize, icyayi cyinjije mu ...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri mu Murenge wa Nyamyumba, Akagari ka Rubona, Umudugudu wa Gitsimbi Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage SEDO yarashwe akaguru umupolisi amwitiranyije ...
Prof Mambo Muvunyi Claude yabwiye abahanga bitabiriye Inama mpuzamahanga mu buvuzi n’ubuzima ko ari ngombwa ko ibyavuye mu bushakashatsi bihuzwa n’ibibazo bihari kugira ngo haboneke ibisub...
Urugomo muri Kenya ruri gufata indi ntera nyuma y’uko ubuzima burushijeho guhenda muri iki gihugu cya mbere gikize muri Afurika y’Uburasirazuba. Imibare yerekana ko ari bwo bwa mbere muri ...
Abatuye Bujumbura bavuga ko hejuru y’umutekano muke, hari kwiyongeraho ibiciro by’ibiribwa nkenerwa biri kuzamuka cyane harimo n’umunyu utigonderwa na buri wese. Abaguzi bavuga ko ba...
Perezida wa Komisiyo y’amatora Oda Gasinzigwa yahaye Perezida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, DGPR, (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza amah...
Nyuma y’igihe gito indege yari itwaye Perezida wa Iran ikoze impanuka ikamuhitana, ku mbuga nkoranyambaga hatangiye kuvugwa ko Urwego rw’ubutasi rwa Israel Mossad rwaba rubifitemo ukuboko....
Kuri uyu wa Mbere nibwo Dr. Chysostome Ngabitsinze yashyiriye Komisiyo y’amatora inyandiko ikuyemo abakandida ba PSD mu matora y’Abadepite ateganyijwe mu mezi abiri ari imbere. Ngabitsinze...
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yoherereje mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye impano y’inyoni nini kandi z’amabara meza bita peacocks nk’ikimenyetso cy’ubufatanye n’ubucuti ...









