Kimwe mu bibazo byugarije umuryango nyarwanda ni abana baba ku mihanda yo hirya no hino mu gihugu. Uzabasanga mu mihanda yo mu Mijyi minini yose. Uburyo inzego z’umutuzo rusange (public order) ni ukuv...
Kuri uyu wa Kane taliki 23, Gicurasi, 2024 Perezida Kagame yafatanyije na Marc Rugenera gufungura Ibiro bishya by’Ikigo cy’ubwishingizi Radiant kiri mu Murenge wa Nyarugenge mu Kaere ka Nyarugenge mur...
Mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge habereye iburanisha ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo mu rubanza Ubushinjacyaha buregamo Eugene Barikana wahoze ari Umudepite akaba aherutse gusanganwa ibisasu bi...
Bamwe mu bazi ibikubiye ku rutonde rw’ibyo Perezida Ruto aganira na mugenzi we w’Amerika Joe Biden bemeza ko Washington ishaka gushyira Kenya mu banyamuryango badahoraho b’Umuryango w’ibihugu byo mu M...
Francis Kaboneka wigeze kuba Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yaraye ahawe inshingano muri Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu. Ni umwe mu myanzuro yaraye ifitiwe mu Nama y’Abaminisitiri yayobowe na ...
Mu kiganiro Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’umutekano n’iperereza, NISS, (Rtd) Major General Joseph Nzabamwita yaraye agejeje ku bitabiriye inama ya 11 yiga ku by’umutekano, yavuze ko imiy...
Abanyamategeko mpuzamahanga bavuga ko hari ibihamya ‘bifatika’ byerekana ko hari amadolari($) ikigo Apple cy’Abanyamerika gishyira mu bacukura amabuye y’agaciro muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ...
Ku rukuta rwe rwa X, Dr. Frank Habineza yatangaje ko yagejeje kuri Komisiyo y’amatora inyandiko ebyiri zaburaga mu idosiye yo gusaba kwemererwa kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubuka mu matora abura ...
Perezida wa Kenya William Ruto yabwiye Abanyamerika ko Afurika y’ubu itandukanye n’iyi ba sekuru bari bazi kera, ko iy’ubu ishaka ko Demukarasi iba ingingo iganirwaho aho kuba ikintu Amerika n’Uburayi...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafunze abakozi barwo babiri bakoreraga ahitwa Ngarama muri Gatsibo. Bakurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye na ruswa. Mu gisa na operation yagiye ...









