Sheikh Mussa Sindayigaya niwe watorewe kuba Mufti w’u Rwanda umwanya wari utegerejwe na benshi ngo abantu bamenye ubaye Mufti W’u Rwanda usimbuye Sheikh Salim Hitimana. Habanje gutorwa aba...
Umwe mu mishinga minini iteganyijwe kuzakorwa mu ngengo y’imari ya 2024/2025 ni uwo kubaka Ibigega binini bya essence na petelori mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo. Ibyo bigega bizaba b...
Ni ikibazo abanyapolitiki bo mu Burayi, Amerika no mu bihugu by’Abarabu bibaza kandi kubera uburemere bw’iki kibazo, kuri uyu wa Mbere, taliki 27, Gicurasi, i Buruseli ku kicaro gikuru cy...
Ni umuhigo watanzwe na Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya ubwo yatangizaga icyumweru cyo kwita ku bidukikije cyarabgirijwej muganda ngarukakwezi waraye uhuriweho n̵...
General Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda yagiye muri Uganda kuganira na mugenzi we uyobora iza Uganda General Muhoozi Kainerugaba ku ngingo zirebana n’imikorere ya gisirikare ku mpande zombi...
Ikigo gishinzwe guharanira uburenganzira bw’impunzi cyo muri Norway kitwa Norwegian Refugee Council kivuga ko hari amakamyo 2,000 apakiye inkunga igenewe abahungiye muri Gaza yangiwe kwinjira mu nkamb...
Binyuze mu misoro no mu bundi buryo Leta y’u Rwanda ikusanyamo amafaranga, ubu ingengo y’imari yayo mu mwaka wa 2024/2025 yiyongereyeho 11.2% ni ukuvuga miliyari 574.5. Minisitiri w’imari n’igenamigam...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo yasabye Tanzania ko bagura toni 500000 kugira ngo ibone ibyo igaburira abaturage. Amasezerano y’ubu buguzi yaraye asinywe hagati y’Ikigo cya Tanzania gish...
Kigali: Mu byumweru bike biri imbere mu Rwanda hazabera inama izahuza ba rwiyemezamirimo mu buhinzi n’abandi bahanze udushya mu buhinzi bw’iki gihe bazaba baturutse hirya no hino ku isi ngo bungurane ...
Mu Kagari ka Kibenga, mu Murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo hari ababyeyi baraye batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana wabo bakamuta mu bwiherero. Bikekwa ko bamutaye...









