Abayobozi b’u Rwanda n’aba Malai ku rwego rwa ba Minisitiri bamaze iminsi bahanira ku msezerano hagati y’ibihugu byombi. Ayo masezerano yaraye asinywe. Ibiganiro bya nyuma kuri yo by...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu bijyanye n’Umutekano wo mu muhanda, Jean Henri Todt. Ari mu Rwanda muri gahunda yo gutangiza ubu...
Uwababyeyi Jeannette wigeze gukorera RBA igihe kirekire akora amakuru asanzwe ariko yibanda ku y’ubukungu yaraye agejeje kuri NEC impapuro zisaba kwemererwa kuba Umudepite uhagarariye abagore. K...
Abakora mu ruganda rwa Kitabi Tea Company Ltd rukorera mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Kitabi bavuga ko kuba barahawe Irerero ngo babone aho gusiga abana bityo bibaha uburyo bwo kongera umusaruro....
Ku kicaro cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye igikorwa cyo kwikita abayobozi ba Polisi ya Sweden. Kubakira byayobowe n’ Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ubute...
Amashusho yacishijwe kuri X arerekana abatu bihisha abandi bakomerekejwe n’ibisasu bivugwa ko byarashwe n’ingabo za Israel. Byarashwe mu mujyi wa Rafah ahantu imaze iminsi ibuzwa kuhagaba ...
Minisiteri y’ibikorwa remezo n’abafatanyabikorwa bayo bagiye guha abamotari Kasike nshya bivugwa ko zujuje ubuziranenge. Ni ubuziranenge bugendanye no kuba zikomeye inyuma bihagije ku bury...
Mu Mudugudu wa Rugarama mu Murenge wa Rwaniro mu Karere ka Huye haravugwa umugabo Shumbusho Viateur uvugwaho Kwica Nyina w’imyaka 95. Shumbusho we afite imyaka 48 akaba asanzwe ukuriye irondo mu...
Guverinoma ya gisirikare yari isanzwe itegeka Burkina Faso yatangaje ko igiye gukomeza kuyobora mu myaka itanu. Ubu butegetsi bwari bumaze imyaka ibiri mu nshingano nyuma y’uko buhiritse ubutege...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abamotari bose bakorera mu Mujyi wa Kigali bazatabira Inama izabahuriza kuri Pele Stadium i Nyamirambo. Mu itangazo rya Polisi handitsemo ko iriya nama izatangira ...









