Polisi y’u Rwanda yongeye gukangurira abantu kumenya ibitera inkongi n’uburyo bayirinda. Niyo mpamvu yaganirije abanyeshuri ba Pharo School Kigali, ishuri riherereye mu Murenge wa Kimihuru...
Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje ko igihugu cye kigiye gushora muri Banki ny’Afurika z’iterambere miliyoni $100 hagamijwe gikemura ibibazo by’Afurika bigendana n’ishora...
Abagore bakorera ubukorikori mu kigo Women for Women International mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Nyamirama bavuga ko kubona ibyo bahugiramo bishingiye ku bukorikori bikagurishwa bakabona amafaran...
Umuryango mpuzamahanga uharanira kuwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda, washimye ko u Rwanda rutegura rugashyira mu bikorwa rukanagenzura ingengo y’imari yarwo. Mu mwaka wa 201...
Umukuru w’igihugu Paul Kagame avuga ko bikwiye ko ibyo Abayobozi baba baremeranyijwe mu nama ngo bazabikore mu iterambere rya Afurika baba bagomba kubeshyira mu bikorwa. Yabivugiye mu nama yitab...
Ingabo z’u Rwanda zikorera mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), zatanze ku buntu serivisi z’ubuvuzi ku baturage bo mu mujyi wa Bria, umudugudu wa Dahouga muri...
Ikigo gitanga serivisi zo kugeza amaraso n’ibindi nkenerwa ku babikeneye batuye ahitaruye, Zipline Muhanga, buvuga ko kuba abagore bagikoramo bagera kuri 48% ari intambwe yo kwishimira. Iki kigo...
Ubugenzacyaha buvuga ko bwafunze Vital Gasagure usanzwe ushinzwe ibikorwa remezo mu Karere ka Kirehe akurikiranyweho ruswa ya Frw 500,000. Yafunganywe n’uwo RIB yita icyitso witwa Sindikubwabo ...
Ubusinzi bukabije mu rubyiruko rw’i Nyamasheke mu Murenge wa Cyato buraterwa n’inzoga yiswe Ruyazubwonko ariko bahina bakita Ruyaza. Inzoga ‘Ruyaza’ iba intandaro y’urugomo n’amakimbirane ...
Kuri uyu wa Mbere ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwatangaje ko mu gihe kiri imbere abasura iyo pariki bazajya bakoresha imodoka z’amashanyarazi mu gusura iyi pariki ya mbere isurwa n’abant...









