Iyi ni intego Banki nkuru y’u Rwanda ivuga ko rwihaye kugira ngo haramutse habaye ibura ry’amadovize mu gihe cy’amezi ane, rukomeze gutumiza hanze ibyo rukeneye byose. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Pol...
Dr. Uwamariya Valentine uyobora Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yasabye ababyeyi kunga ubumwe kuko amahane ari kimwe mu bintu bikomeye bisenya umuryango, abana bakaba aba mbere mu ...
Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Jeannine Munyeshuli wari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi ushinzwe ishoramari rya Leta yiruk...
Minisitiri w’u Rwanda ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafili yasinyanye na mugenzi we wa Guinea amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubuhinzi. Ni amasezerano azibanda ku bushakashat...
Mu kiganiro ubuyobozi bwa Banki nkuru y’u Rwanda bwahaye kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda, bwavuze ko mu myaka ibiri iri imbere, u Rwanda rushobora kuzaba rufite ifaranga ry’ikoranabuhanga. Guverine...
Mu Karere ka Karongi hari abahinzi baranduye igihingwa cy’ibobere bari barahinze babigiriwemo inama n’umushoramari ariko aza kubura. Aho aburiye bagiriwe inama yo kuyarandura kugira ngo bahinge ibihi...
Muri Koreya y’Epfo aho Perezida Paul Kagame ari mu Nama Mpuzamahanga y’ibihugu by’Afurika n’iki gihugu, azahahererwa impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro mu by’ubuyobozi rusange bita Pub...
Mu bihe no mu buryo butandukanye, Minisiteri y’ubuzima ikunze gusaba Abanyarwanda kureka itabi kuko ryica ubuzima mu buryo bwinshi. Ububi bw’itabi ntibugarukira mu gutera abantu kanseri n’uburemba, ah...
Ibihugu bimwe mu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba byatinze gutanga amafaranga bituma hari gahunda zitagezweho. Imwe muri zo ni uko hari imirimo y’Urukiko rw’uyu Muryango itazakorwa kubera ko...
Umukuru w’u Rwanda yageze i Seoul muri Koreya y’Epfo mu Nama mpuzamahanga iki gihugu kizagirana n’ibihugu by’Afurika. Niyo nama ya mbere iki gihugu kigiye kugirana n’ibindi by’Afurika ikaba yitwa Kore...









