Ikigo cya Uganda gishnzwe ingufu zitanga amashanyarazi Uganda Electricity Transmission Company Limited cyatangaje ko kuri uyu wa Gatanu mu gihugu hafi ya hose habuza amashanyarazi. Ni ikibazo cyamaze ...
Nyuma yo gutora itegeko rigenga ibigo by’imari iciriritse byakira amafaranga abitswa n’ababyizeye, Abadepite barashaka ko imikorere y’ibimina ijya mu itegeko mu rwego rwo gukumira amakimbirane abigara...
Banki Nkuru ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo itangaza ko mu gihe kiri imbere ubwishyu bwose bukoresheje ikoranabuhanga buzajya bukoresha amafaranga y’iki gihugu ryitwa Franc Congolais. Ni itegeko ...
Madamu Mette Frederiksen yatunguwe no kubona umugabo aje aramuhirika yitura hasi muri kaburimbo yo mu Murwa mukuru Copenhagen ariko uwamukubise yahise afatwa na Polisi. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ...
Ku rubuga rw’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda handitse ko Perezida wa Sena y’u Rwanda yaraye yakiriye ibaruwa y’ubwegure bwa Senateri Mupenzi George ku mpamvu ze bwite. Iyo baruwa yageze mu Biro by...
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo guha abanyeshuri bo muri Kaminuza yigisha ubuyobozi , Africa Leadership University, impamyabumenyi. Yanahaherewe icyemezo cy’ubucuti afitanye n’ubuyobozi bw’iyi ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta yaraye atashye Ambasade y’u Rwanda i Jakarta mu Murwa mukuru wa Indonesia. Indonesia ni igihugu giherereye muri Aziya y’Amajyepfo aashyira Uburasira...
Senateri Me Evode Uwizeyimana asaba Polisi kudahisha mu masaka, mu mateke no mu bihuru cameras zifotora ibinyabiziga bikoresha moteri byiruka ku muvuduko muremure. Asaba kandi ko hagati y’icyapa cyeme...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abemerewe kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Perezida wa Repubulika. Hatangajwe ko abujuje ibisabwa ari Paul Kagame w’Umuryango...
Niba nta gihindutse biteganyijwe ko ibirori byo kwizihiza imyaka 30 u Rwanda rumaze rubohowe bizabera muri Stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa. Iyi Stade iri gukorwa imirimo ya nyuma ndetse mu...









