Kuri X hashyizwe amashusho yerekana Perezida Tshisekedi ari kumwe n’abasirikare bakuru barimo n’Umugaba mukuru w’ingabo ze General Tshiwewe bamwereka ikarita y’igihugu cye. Minisitiri w’ingabo za DRC ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibyo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryatangaje by’uko rutubahiriza uburenganzira bwa muntu bw’abarugana barushakamo ubuhungiro ari ibinyoma. Iri shami riherutse kug...
Ubugenzacyaha mu Karere ka Nyanza bwataye muri yombi umusore wo mu Mudugudu wa Bayi mu Kagari ka Cyotamakara mu Murenge wa Ntyazo muri Nyanza nyuma y’uko aje gusaba ubuyobozi kumwishyuriza uwamuhaye i...
Mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare hatashywe ibigega bitanu byo guhunikamo toni 10,000 z’ibigori. Ni igikorwaremezo cyubatswe kuri Miliyari Frw 2.7 Muri aka Karere kari hasanzwe ibindi big...
Perezida Kagame yaraye ahuye na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi uri mu bayoboye Inama Mpuzamahanga yiga ku kibazo cy’intambara ya Israel n’Umutwe wa Hamas muri Gaza. Yagiranye ibiganiro n’a...
Saulos Chilima wari Visi Perezida wa Malawi yapfanye n’abantu icyenda bari bari kumwe muri kajugujugu iherutse gukora impanuka. Iby’urupfu rwe byatangajwe na Perezida wa Malawi Lazarus Cha...
Imbere y’urukiko rukuru rw’i Kinshasa haherutse kubera urubanza rubanziriza urwo mu mizi ubushinjacyaha bwa gisirikare buregamo abantu 50 bashakaga guhirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi bigapfub...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryabwiye abacamanza b’Urukiko rukuru rw’Ubwongereza ko riri kwegeranya ibimenyetso bishya byo muri uyu mwaka wa 2024 bigaragaza ko ...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo mu Muryango w’Abibumbye ishinzwe ubukungu Ambasaderi Claver Gatete yaraye avuze ko kimwe mu byo yaganiriye na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngire...
Umutwe urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa witwa M23 wacishije kuri X itangazo ry’uko watangije ubuyobozi bw’abawushyigikiye mu mahanga( Diaspora), bikaba bikubiye mu cyemezo Nomero N° 036/PRES-M23 /202...









