Guverinoma y’u Rwanda yaraye isinyanye amasezerano n’iya Luxembourg akubiyemo inkunga ya miliyoni € 5 yo guteza imbere amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro hirya no hino mu Rwanda. Ayo mafaranga azatangw...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwataye muri yombi abantu bane barimo abapadiri babiri bubakurikiranyeho uruhare mu rupfu rw’umunyeshuri witwa Christian Shema wazize inkoni bivugwa ko yakubiswe na bagenzi. ...
Mu Busuwisi hari kubera urubanza rw’abantu bane bo mu muryango ukize kurusha indi mu Bwongereza baregwa ibyaha birimo no gucuruza abantu. Abashinjacyaha barega abagize uwo muryango gukoresha amafarang...
Kuri uyu wa Kabiri Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yahaye ipeti rya Assistant Inspector of Prisons abagabo n’abagore bo mu rwego rw’igihugu rushinzwe igorora bari bamaze igihe kirenga...
Iteka rya Perezida ryemeje ko amatora y’Abasenateri azaba muri Nzeri, 2024. Iri teka ryasohotse mu igazeti ya Leta Rivuga ko kwiyamamaza bizatangira taliki 26, Kanama, birangire ku wa Gatandatu taliki...
Umugore n’abagabo babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho kica umugabo w’uwo mugore bakamuhisha mu nzu. Byabereye mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Shyembe, Umurenge wa Murambi mu Karere ka Karo...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye inyubako nshya izakoreramo ibiro by’abakozi b’Akarere ka Burera. Burera yari kamwe mu turere tutagiraga inyubako nshya dukoreramo. Kugeza...
Brig Gen Felix Kulayigye uvugira ingabo za Uganda avuga ko ibikubiye muri raporo ishinja igihugu cye gukorana na M23 ari ibinyoma. Iyo raporo yakozwe n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye. Ni raporo bise...
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya asura Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere mu myaka 24 ishize. Putin yaherukaga gusura Koreya ya ruguru mu mwaka wa 2000. Umubano ...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Kamena, 2024, abanyeshuri 26,482 barimo abahungu 14,506 n’abakobwa 11,976 barangije amashuri yisumbuye mu masomo y’Imyuga n’Ubumenyingiro baratangira ibizamini ngiro bis...









