Abatuye umujyi wa Musanze no mu nkengero zawo hamwe no mu bice by’icyaro, mu ma saha y’urukerera rwo kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Kamena 2024, bari bamaze gusesekara mu mihanda, babukereye berekeza...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR-Inkotanyi Wellars Gasamagera yavuze ko uyu muryango ushimira imitwe ya Politiki yiyemeje gufatanya nawo mu kwamamaza umukandida wawo. Uwo mukandida ni Paul Kagame....
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibyo Abanyarwanda baciyemo bikomeye ku buryo nta kintu na kimwe cyabatera ubwoba. Yunzemo ko umwanduranyo wa DRC utakura umutima Abanyarwanda ndetse ko nibiba ngombwa...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yaraye isohoye raporo yise FinScope igaragaza uko Abanyarwanda bakoresha ikoranabuhanga mu kubika no kubikuza amafaranga. Ni raporo ikorwa buri myaka ine. Nubwo abens...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’amatora Charles Munyaneza asaba abanyamakuru kuzirinda gutangaza ibyavuye mu matora kubera ko ibyo ari inshingano ya Perezida wa Komisiyo y’amatora. Icyo ri...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwasubije umucuruzi witwa Ishimwe Fridia miliyoni Frw 5 yari yaribwe. Uvugwa ko ari we wayibye ni umuzamu we kandi ubugenzacyaha bwatangaje ko bwasanze hari miliyoni Frw 1 yari...
Perezida wa Nigeria Bola Tinubu yahuye na mugenzi we uyobora Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa uherutse kurahirira kongera kuyobora igihugu cye, baganira ku mikoranire mu bucuruzi. Aba bagabo bayobora ib...
Perezida Paul Kagame yageze mu Bufaransa ahari bubere inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’inkingo muri Afurika. Ni inama yiswe Global Forum for Vaccine Sovereignty and Innovation yateguwe n’Ikigo...
Ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda n’ubw’ingabo zarwo bwaraye bugejeje ku baturage ibyo abapolisi n’ingabo z’u Rwanda bari bamaze amezi atatu babubakira. Birimo inzu, amarerero, amavomo n’ibindi....
Mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’ingengo y’imari wa 2024, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 9.7% ahanini bitewe n’uko ubukungu muri rusange bwongeye kuzanzamuka ariko cyane cyane n’...









