Mu bitaro bya Faysal hari kubera umuhango wo gushyira ibuye ahazagurirwa ibitaro bya Faysal. Ni ibitaro biri mu by’ibanze bikomeye mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo. Bimaze imyaka 30 bishinzwe, bika...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri avuga ko ingabo zahoze ari iza APR Inkotanyi zakoze akazi katumye u Rwanda ruva mu matage rwari rwashyizwemo n’abarukoreyemo Jenoside yakorewe Abatutsi. Kuri wa 21, Nya...
Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yaraye ashimiye ku mugaragaro abantu bose bagize uruhare mu migendekere myiza y’amatora harimo n’urwego rw’abikorera ku giti cyabo. Yashimiye ...
Joe Biden wari warahakanye agatsemba ko atazareke kwiyamamariza kongera kuyobora Amerika, yavuye ku izima aharira Visi Perezida we Harris Kamala. Kamala Harris wari Visi-Perezida niwe uzahagararire is...
Hari abakiliya b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura bashinja umuyobozi wacyo mu Karere ka Muhanga kuba ntibindeba, ntaboneke mu kazi ngo akurikirane uko basaranganywa amazi bigatuma hari bamwe...
Muri Kanama, 2024 Guverinoma y’Uburundi izakora ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire. Irasaba abaturage kuzabwiza ukuri abakozi bazaza kubabarura kugira ngo igenamigambi rizaze rishingiye ku makur...
Muri Kaminuza ya UNILAK haraye yamurikiwe igitabo Pasiteri Ezra Mpyisi yasize yanditse yise ‘Inkomoko y’ibyiza byose: Imana’. Uyu mukambwe aherutse gutabaruka afite imyaka irenga 100. Hagati aho kandi...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira kuri uyu wa Mbere Joe Biden azatangaza ko yakuyemo kandidatire ye nk’Umudemukarate uziyamamariza kuyobora Amerika. Biden avuga ko...
Abagabo bo mu Murenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, basaba inzego za Leta n’abafatanyabikorwa bazo gukorana bya hafi bakabakiza ihohoterwa bakorerwa n’abagore babo. Bavuga ko iyo bakoreye amafarang...
Ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bita Autism basaba Leta gushyiraho uburyo bwihariye bwo kwita ku bana bafite uburwayi bita Autism. Autism ni uburwayi butuma umwana muto agira imyitwarire idasanzw...









