Abantu babiri muri batanu baraye bagejejwe imbere y’urukiko ngo bisobanure ku byo ubushinjacyaha bubarega byo kugambanira igihugu, babwiye urukiko rwa gisikare muri DRC ko bahisemo gushinga umutwe wa ...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Musabyimana Jean Claude avuga ko imico mibi ikigaragara mu ba DASSO ikwiye gucika. Ikubiyemo ubusinzi no kuba bahohotera abaturage. Musabyimana yababwiye ko amahugur...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yaratiye abandi bayobozi ibigwi bya mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame bijyanye no kubaka ibikorwaremezo bya siporo nka BK Arena. Hari mu ijambo yabagejejeho...
Mu byo Taarifa yamenye bivugwa ko biri mubyo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya akurikiranyweho ni imicungurire mibi y’amashyamba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 25, Nyakanga, 2024 nib...
Ubugenzacyaha buvuga ko abantu barindwi iherutse gufata bashaka kwiba miliyoni Frw 100, abakozi b’uru rwego bari bamaze iminsi babagenda runono. Kuri uyu wa Kane nibwo yeretse itangazamakuru batandatu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu barindwi barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga rukurikiranyeho kwiba miliyoni Frw 700 mu buryo bw’ikoranabuhanga. Uru rwego ruri kw...
Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanywe mu nshingano kubera ibyaha akekwaho ko yakoze ubwo yari Minisitiri w’Ibidukikije. Umuvugizi w’Urwego rw...
Mu Mudugudu wa Kamatongo, Akagari ka Budakiranya mu Murenge wa Cyinzuzi mu Karere ka Rulindo haraye inkuru mbi y’abantu umunani bagwiriwe n’ikirombe batatu bavanwamo bapfuye, abandi barabura. Amakuru ...
Itangazo ryo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya yirukanwe mu nshingano ze kugira ngo haboneke uburyo bwo kumukurikirana kuby...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ubwo yafunguraga ku mugaragaro uruganda rukora ifu mu mata y’inka yavuze ko bikwiye ko umukamo uzamuka ukaba wagera cyangwa ukarenga litiro 40 ku munsi. Avuga ...








