Ikigo cy’Abanyamerika kitwa Symbion Power kirashaka gushora Miliyoni $700 mu kubaka uruganda rutunganya amashanyarazi avanywe muri gazi iri mu kiyaga cya Kivu ku ruhande rwa DRC. Ayo mashanyaraz...
Perezida Museveni yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abajenerali barindwi barimo Lt Gen Peter Elwelu wabaye umugaba mukuru w’ingabo wungirije akaba n’umwe mu basikare bari indahemuka cyane kuri we. Aba...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko ibyo Donald Trump avuga by’uko kugira ngo amahoro agaruke ari ngombwa ko Ukraine iharira Uburusiya ubutaka bumwe bitazashoboka. Trump avuga ko mu...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda n’ubw’iza Qatar bwayoboye igikorwa cyo kwemerera abasirikare ba RDF 163 kurangiza imyitozo ihambaye bari bamazemo igihe mu ishuri rya Nasho muri Kirehe. Abo basirikare b...
Uruzinduko rw’iminsi ibiri ari gukorera mu Burasirazuba nirwo rwa mbere rw’akazi Dr. Justin Nsengiyumva atangiriye mu Ntara nyuma y’igihe gito Perezida Kagame amugize Minisitiri w’Intebe. Yatangiriye ...
Ubukene buri mu ngo nyinshi z’Abanyarwanda ntibugira ingaruka ku mafunguro bafata, kubyo bambara, aho baba no mu kwivuza gusa ahubwo bugira ingaruka no ku bidukikije cyanecyane amashyamba. Barayatema ...
Ibyari bimaze iminsi bivugwa ko bizakorwa na Netanyahu bigiye kuba impamo nyuma y’uko Inama yaguye y’Umutekano y’igihugu cye yaraye ayoboye yemeje ko ingabo za Israel zigiye gufata Gaza yose. Kugeza u...
Umunyamideli Sandra Teta wari wafunzwe na Polisi ya Uganda akurikiranyweho kugonga nkana umugabo we amakuru aravuga ko yarekuwe. Uyu ubu arwariye mu bitaro by’ahitwa Nsambya naho umugore yari afungiwe...
Juliet Kabera uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, avuga ko ubwiyongere bw’ibinyabiziga byo mu Rwanda bwatumye ikirere cyarwo gihumana byikube gatanu kurenza ibipimo byagenw...
Nta gihindutse, Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin arateganya kuzahura na mugenzi we wa Amerika Donald Trump mu Cyumweru gitaha, bakazaganira ku ngingo zirimo no guhagarika intambara ya Ukraine imaze ...









