Binyuze muri Guverinoma ya Kenya, Raila Odinga yatanze kandidatire yo kwiyamamaza kuzatorerwa kuyobora Komisiyo y’Afurika yunze ubumwe. Hagati aho hari amakuru avuga ko Kenya ihanganye na Tanzania kur...
Nyuma y’igihe kirekire Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo irega u Rwanda gufasha M23, ikirego gihari ubu ni icy’uko ingabo z’u Rwanda zinjiriye mu buryo yise ko buteje akaga imikorere ya ...
Akarere ka Gatsibo kari mu turere twa mbere mu Rwanda tutagira amazi ahagije abagatuye n’abagasura. Mu rwego rwo kurangiza cyangwa se kugabanya ubukana bw’iki kibazo, kuri uyu wa Mbere hatangijwe ku m...
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwasabiwe igihano cy’urupfu abantu 25 mu bantu 26 igihano cy’urupfu ku byaha bubarega birimo no kugambanira igihugu. Ukomeye muri b...
Eric Rwigamba usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko u Rwanda rwihagije ku mbuto z’ibigori, soya n’ingano kuko zihatuburirwa ku rwego ruhagije ku ...
Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Nyakanga, 2024 mu Karere ka Nyagatare hatangijwe imirimo yo kubaka urugomero runini ruzakusanya kandi rugatunganya metero kibe miliyoni 55 z’amazi yo guha abatuye imirenge...
Uwo ni Lina Higiro wari Umuyobozi Mukuru wa NCBA Bank Rwanda Plc, ubu akaba yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi mu kigo NCBA Group, ari nacyo gifite iyi banki ikorera mu bihugu byi...
Biherutse gutungura kandi birakaza abagize itsinda rya Sudani y’Epfo bitabiriye imikino olempiki ubwo bumvaga hacuranzwe indirimbo itari iy’igihugu cyabo. Icyo gihe hacuranzwe iya Sudani; igihugu Suda...
Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi avuga ko mugenzi we uyobora Kenya yatumye iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Nairobi yari agamije kugarura amahoro mu Burasi...
Mu myaka myinshi raporo zitandukanye zashyiraga u Rwanda mu myanya ya mbere mu guteza imbere ubukungu muri Afurika. Nubu birakomeje kuko hari n’iyasohotse vuba aha yitwa CPIA ya Banki y’isi ivuga ko a...









