Imyigaragambyo ikomeye imaze iminsi muri Bangladesh yatumye Minisitiri w’Intebe Sheikh Hasina yegura ahita ahunga. Hari amakuru avuga ko ashobora kuba yahundiye mu Buhinde. Muri iki gihugu hamaze im...
Muri Liberia haravugwa ruswa ku bantu batanu bahoze ari Abaminisitiri ku bugetetsi bwa Georges Weah wayoboye Liberiah agasimburwa na Joseph Boakai. Abavugwaho iyo ruswa ni Samuel Tweah wari Minisitiri...
Amakuru ya vuba ku nkongi yazindukiye mu cyanya cy’inganda cya Kigali avuga ko uruganda rwahiye ari urw’Abashinwa rukorera imyenda muri kiriya cyanya. Umuvugizi wa Polisi ACP Boniface Rutikanga yabwiy...
Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima yabwiye abaje mu mu muhango wo guha impamyabumenyi abarangije muri Kaminuza yigisha ubuvuzi n’ubuzima bidaheza ko u Rwanda rukomeje intego yo kongera irem...
Amakuru Taarifa ifite aravuga ko mu cyanya cy’inganda kitwa Kigali Special Economic Zone hadutse inkongi mu masaha ya saa kumi n’imwe za mu gitondo kuri uyu wa Mbere taliki 05, Kanama, 2024. Umwe mu b...
Imwe mu ngingo zigize Itegeko rigenga abantu n’umuryango riherutse gusohoka mu mpera za Nyakanga, 2024 rivuga ko kororoka mu buryo bw’ikoranabuhanga k’umugabo n’umugore bashyingiranywe bishobora gukor...
Muri Uganda ahitwa Kasese haravugwa abantu babiri banduye ubushita bw’inkende, indwara imaze kugera mu bihugu bitanu by’Afurika y’Uburasirazuba. Ibyo ni u Rwanda, Uburundi, Repubulika ya Demukarasi ya...
Polisi iherutse kugaragaza abantu yafashe batwaye ibinyabiziga byakuwemo cyangwa byagabanyirijwe imbaraga z’utwuma turinganiza umuvuduko. Ni igikorwa ivuga ko ari kibi kuko gishyira mu kaga ubuzima bw...
Minisiteri y’ingabo za Amerika yatangaje ko yohereje mu Burasirazuba bwo Hagati ubwato bw’inyongera bugwaho indege z’intambara mu rwego rwo kwitegura gutabara Israel igihe yaba yinjiye mu ntambara yer...
Azam FC yomuri Tanzania yaraye itsinze Rayon Sports mu mukino wa gicuti wakinwe ku munsi Rayon yise ‘uw’igikundiro’. Yayitsinze igitego 1-0, abafana bayo batahana agahinda. Rayon yari yakinishije abak...









