Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango ivuga ko bibabaje kuba hari ababyeyi batita ku isuku y’abana babo bikagira ingaruka ku mibereho yabo kuko bituma barwaragurika. Ni ingingo ikomeye k...
Muri BK Arena haraye habereye umukino wa Basketball wahuje Ikipe ya Basketball y’u Rwanda niya Argentina urangira u Rwanda rutsinze ku manota 61-36. Uyu mukino wari witabiriwe na Perezida wa Rep...
Dr. Usta Kayitesi wari usanzwe uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere RGB yahererekanyije ububasha na mugenzi we Dr. Doris Uwicyeza ngo asigare ayobora iki kigo. Kayitesi aherutse gusimbuzwa U...
Mu Ntara ya Maï-Ndombe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye impanuka y’ubwato bwarimo abantu barenga 200 kandi hafi ya bose baburiwe irengero. Iyi mpanuka yabereye mu mugezi wa Lukeni. Radi...
Nyuma y’ibiganiro abayobora Federasiyo z’imikino itandukanye bagiranye na Minisitiri wa Siporo mushya ari we Richard Nyirishema, bavuze ko bagiye guhuza imbaraga kugira ngo siporo zose zitere imbere, ...
Mu Ntara ya Tibesti muri Tchad haravugwa imyuzure ikomeye imaze guhitana abantu 54 isenya n’ibikorwa remezo byinshi. Ubuyobozi bw’iyi Ntara buvuga ko iyo mvura ikomeje kugwa kandi hari impungenge ko h...
Abanyeshuri batandatu b’Abanyarwanda batahanye imidali itandukanye irimo n’uwa zahabu mu irushanwa mu mibare ryahuje abanyeshuri baturutse hirya no hino muri Afurika. Uretse umudali wa zahabu, abo ban...
Abarokokeye mu cyahoze ari Ndiza mu Karere ka Muhanga bashinja Germain Musonera uherutse kwiyamamaza ashaka kuba Umudepite kubahekura muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Bavuga ko Musonera yari afite imb...
Umwe mu bahanga mu byo kwihaza mu biribwa witwa Amath Pathé Sene uyobora Ikigo Africa Food Systems Forum avuga ko iyo abaturage bashonje baba bafite ibyago byo gusubiramo. Yabivugiye mu nama yahuje i...
Coaster yavaga i Karongi igana i Rusizi yageze mu Mudugudu wa Kibirizi mu Kagari ka Jarama mu Murenge wa Gihombo muri Nyamasheke ikora impanuka ikomeye yakomerekeyemo abantu 27 umwe arahagwa. Polisi ...









