Constant Mutamba wigeze kuba Minisitiri w’ubutabera yasabiwe n’Ubushinjacyaha gukatirwa igihano cyo gukora imirimo nsimburagifungo mu gihe cy’imyaka 10. Bwasabye kandi ko narangiza i...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu mukino wa mbere wa Basketball mu bagabo waraye uyihuje n’iya Ivory Coast yatangiye itsindwa ku manota 78, yo ifite 70. Muri uyu mukino wari uwa mbere mu itsinda rya...
Mu Mudugudu wa Munini, Akagari ka Rudashya, Umurenge wa Ndera muri Gasabo hafatiwe umugore Polisi na Rwanda FDA bemeza ko bamusanganye inzoga z’ibyotsi bita Liquors ‘ zitujuje ubuziranenge...
Abaturage barasabwa kwemeza amakuru y’irangamimerere yabo kugira ngo ahari amakosa akosorwe bityo bizorohe guhabwa indangamuntu koranabuhanga. Bayise e-Ndangamuntu ikaba izatangira gutangwa muri Kamen...
Nyuma y’urupfu rw’abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe n’igisasu cy’indege za Israel, ubu haravugwa umwuka mubi hagati y’iki gihugu na Qatar. Qatar niyo nyiri Al Jaze...
Mu Murenge wa Ntyazo mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wafunzwe na Polisi imukurikiranyeho kwica umugabo we. Bikekwa ko nyakwigendera yasanze umugore we ari kumwe n’undi mugabo i saa munani z’ijor...
General Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda yabwiye urubyiruko rwitabiriye urubyiruko Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15, ruri mu kigo cy’ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera ko RDF i...
Abanyapolitiki bo mu Burayi baraganira uko bazitwara mu gihe Amerika n’Uburusiya baba bemeranyije kuri ejo hazaza ha Ukraine babihejwemo, igihugu Uburayi bufata nk’ahantu h’ingenzi mu mutekano wabwo c...
Batamuriza Faith uyobora Urwego rw’ubwizigame muri Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ubwizigame bw’Abanyarwanda bugeze kuri 48%, umubare ukiri muto. Avuga ko nubwo ari uko bihagaze, muri rusange iki...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu ruzinduko yari amazemo iminsi ibiri mu Burasirazuba ntiyasuye imirima n’ibiraro by’amatungo gusa ahubwo yasuye n’abaturage, bamubwira akamaro ibyo byose b...









