Icyamamare mu isiganwa mu modoka zihuta cyane zisiganwa mu kitwa Formula 1 witwa Lewis Hamilton yavuze ko yumva yatura mu Rwanda kandi akavuga ko ashyigikiye ko ruzakira irushanwa rya Formula 1 rumaz...
Biciye kuri Ruboneka Bosco na Mugisha Gilbert bita Barafinda APR FC yatsinze AZAM FC ibitego bibiri ku busa bituma ihita iva mu majonjora. Yayisezereye mu ijonjora ry’ibanze mu mikino ihuza amakipe ya...
Isheja Butera Sandrine wari usanzwe ari Umunyamakuru akaba yagizwe Umuyobozi wungirije wa RBA yashimiye Perezida Kagame wamuhaye izo nshingano. Kuri X yanditse kuri uyu wa Gatandatu taliki 24, Kanama,...
Uwari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM Sandrine Isheja Butera yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA. Yungirije Barore Cleophas. Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Ab...
Aya ni amakuru atangwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo-Rwanda). Ubuyobozi bwacyo buvuga ko bunejejwe no gutangariza abaturarwanda bose ko muri rusange imvura iteganyijw...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi yakiriye mu Biro bye umuyobozi w’Ikigo nyafurika gishinzwe kurwanya ibyorezo witwa Jean Kaseya baganira uko inkingo z’ubushita bw’inkende...
Mu Biro bye, Perezida Kagame yakiriye abana b’Abanyarwanda baherutse gutahana imidali myinshi irimo n’uwa zahabu bakuye mu marushanwa yo kumenya imibare bahatanagamo n’abandi baturutse mu bihugu 27 by...
Minisitiri muri Uganda ushinzwe iby’ingufu no kubyaza umusaruro amabuye y’agaciro witwa Ruth Nankabirwa aherutse kubwira itangazamakuru ko hari ahantu 74 hamaze gutunganywa ngo hazacukurwe ibikomoka k...
Urubyiruko 494 rurimo urusanzwe ruba mu Rwanda n’uruba mu mahanga rwaraye rweretse Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente n’abandi bashyitsi ko rwatojwe imyitwarire ya gitore kandi rwayifashe neza. ...
Banki ya Kigali yatangarije ku rukuta rwayo rwa X ko inyomoza ibiherutse gutangazwa by’uko Dr. Diane Karusisi uyobora iyi Banki ko agiye gukurikiranwa na Banki nkuru kubera ibyo aherutse gutangariza ...









