Ubwo yatangizaga inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’uruhererekane runoze mu bikomoka ku buhinzi muri Afurika, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yavuze ko kudateza imbere ubuhinzi bigwingiz...
Perezida Paul Kagame yageze i Beijing mu Bushinwa kwitabira Inama y’u Bushinwa na Afurika (FOCAC) iteganyijwe ku wa 4-6 Nzeri 2024. Yageze mu Bushinwa avuye muri Indonesia mu nama yabaga ku nshuro ya ...
Inteko ishinga amategeko ya Madagascar yemeje ko umugabo uzajya uhamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana azajya akonwa. Gukona ni ukubaga udusabo tw’intanga ngabo ku buryo umuntu atazongera kugira ubusha...
Ubwo hatangizwaga umwaka wahariwe ubucamanza, ubuyobozi bukuru mu bucamanza bw’u Rwanda bwatangaje ko ubujura ari bwo bwa mbere butera Abanyarwanda benshi kujya muri za gereza. Ibindi byaha bikorerwa ...
Ibi byatangarijwe muri raporo yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ivuga ko ukwezi kwa Nyakanga 2024 kwarangiye bigabanutseho 5.4%. Ni imibare ibarwa ugereranyije n’uko ibyo biciro b...
Guverinoma y’u Rwanda igiye gushinga ikigega kizatera inkunga abashaka gukora ikoranabuhanga rigenewe abahinzi kizatangirana ingengo y’imari ya Miliyoni $2, bakise “Hanga Agritech Innovation Challeng...
Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru Perezida Paul Kagame yaraye yitabiriye umusangiro wateguwe na mugenzi we uyobora Indonesia witwa Joko Widodo. Kagame ari muri iki gihugu aho yitabiriye Inama mpuzamaha...
Amakuru ava muri Uganda aremeza ko Umunyarwakazi witwa Aline Akaliza ari we wapfiriye mu mpanuka ikomeye yabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 01 Nzeri 2024 ahitwa i Masaka-Bugonzi muri Uganda. Muri rus...
Ahitwa Kalungu muri Kabaale habereye impanuka ikomeye yahitanye abantu umunani. Hari abakeka ko hari n’Abanyarwanda bashobora kuba bayiguyemo. Iyo bisi ya Jaguar yari ibatwaye yagonganye na FUSO nayo ...
Mu minsi mike ishize Polisi y’u Rwanda yakoresheje Inteko ngarukamwaka y’abapolisikazi igamije kurebera hamwe uruhare bagira mu mikorere y’uru rwego rw’umutekano imbere mu gihugu. Yitabirwa n’abapoli...









