Uwigishaga mu Rwunge rw’amashuri rwa Murira (GS Murira) muri Rusizi akurikiranyweho gusambanya abakobwa bane yigishaga bose akabatera inda. Mwarimu yari yabanje guhagarika akazi ku mpamvu zitazwi. Ifu...
Mu nama yihariye iherutse guhuza intumwa z’u Rwanda zari ziyobowe na Perezida Paul Kagame zigahura n’abayobozi bakuru b’Ubushinwa, hemejwe ko imikoranire ikwiye gukomezwa . Ni imikoranire izibanda ku ...
Amakuru ava mu Mujyi wa Goma aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 12, Nzeri, 2024 abari baravanywe mu byabo n’intambara muri uyu mujyi baramukiye mu myigaragambyo basaba ko bemererwa baga...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Minisitiri w’Uburezi Gaspard Twagirayezu yasimbuwe na Joseph Nsengimana. Twagirayezu we yag...
Ubwo Paul Kagame yiyamamarizaga mu Karere ka Karongi hafi y’aho ibiro byako byubatse yavuze ko azabaza abashinzwe kubaka umuhanda Karongi-Ngororero-Muhanga icyatumye udindira. Amashusho ari kuri X yaf...
Bamwe bavuga ko amategeko arusha amabuye kuremera ariko hari nuzakubwira ko umwenda nawo uremera kurusha byinshi mu byo tuzi. Nk’ubu umwenda Afurika ifitiye abagurije ibihugu byayo mu mwaka wa 2022 wa...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, kivuga ko mu Karere hari amatungo 18 zamaze kugaragaraho indwara y’ubuganga. Iyo inka itavujwe vuba na bwangu iraremba bikayiviramo u...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda bwakiriye kandi buganira n’abasirikare bakuru mu ngabo za Bangladesh bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Itsinda ryabo riyobowe na Brig Gen Sazedul Islam. Umuvugizi w’...
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka Umudugudu w’ikoranabuhanga Kigali Innovation City, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko niwuzura ukwiye kuzabera abashoramari mpuzamaha...
Mu Karere ka Gasabo hagiye kubakwa umudugudu uzahangirwamo iby’ikoranabuhanga witswe Kigali Innovation City. Ni umushinga mugari kandi wihariye muri Afurika uzatuma u Rwanda ruhinduka igicumbi cy’aba...









