Muri Nigeria hari guhakishwa imibiri y’abantu 40 barohamye mu mugezi bari mu bwato ku wa gatandatu w’Icyumweru gishize ubwo bajyaga guhinga mu mirima yabo mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu...
Mu iteganyagihe ry’iminsi icumi riherutse gusohorwa n’Ikigo cy’u Rwanda cy’ubumenyi bw’ikirere handitsemo ko hagati y’italiki 11 na 20 Nzeri, 2024 Umujyi wa Kigali, Uburasirazuba bw’u Rwanda n’Amajyep...
Kagame yavuze ko amateka y’Abanyarwanda yerakana ko umuntu ashobora kuba umuntu mubi agakora amahano, ariko nanone ngo u Rwanda rwabaye urugero rw’ukuntu umuntu yaba muzima agakora ibitangaza byiza. A...
Intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’iz’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zaraye ziganiririye i Luanda uko amahoro arambye yagaruka mu Karere. Ni ibiganiro bikurikira ibindi byabaye mu gihe c...
Ubuyobozi bwa Venezuela bwafunze Abanyamerika batatu, abanya Espagne babiri n’umuturage umwe wa Repubulika ya Czech. Abo bose bubashinja gushaka guhirika ubutegetsi bwa Maduro uherutse kwemezwa na Ko...
Umukino ubanza w’irushanwa nyafurika uhuza amakipe yabaye aya mbere iwayo waraye uhuje APR FC na Pyramids FC yo mu Misiri yarangiye anganyije 1-1. Abafana ba APR FC bavuze ko ibyo bidahagije, yagombye...
UDPS ni ryo shyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu myaka irenga itanu ishize. Icyakora ngo ubu ririmo amacakubiri akomeye. Ababirebera hafi bavuga ko intandaro y’uwo mwuka ...
Umunya Uganda[kazi] Rebecca Cheptegei uherutse gutwika n’umukunzi we arashyingurwa kuri uyu wa Gatandatu taliki 14, Nzeri, 2024 mu cyubahiro cya gisirikare. Yari umukinnyi kabuhariwe mu kwiruka akaba ...
Perezida Paul Kagame avuga ko aho uburezi mu Rwanda bugeze ari heza ariko hakiri byinshi byo gukora ngo bugere ku rugero rwo hejuru, rwifuzwa. Bikubiye mu ijambo yagejeje ku baje mu muhango wo kurahir...
Ibiro by’Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga ubyitegereje ukabigereranya n’Ibiro by’Uturere dutandukanye harimo n’Ibiro bya Kicukiro( Akarere ka mbere gakize mu Rwanda), usanga ari byiza cyane....









