Ku bufatanye bw’abashakashatsi mu binyabuzima bo mu Rwanda no mu Karere k’Afurika y’Uburasirazuba haherutse gutangazwa ko mu gishanga cy’Urugezi gikora kuri Gicumbi na Burera hari ubwoko bw’ibinyabuzi...
Kubaka umuhanda Nyacyonga-Mukoto byatangiye. Ni umuhanda Perezida Kagame yemereye abatuye ibice biri hagati ya Gasabo na Rulindo, ukazaba ufite uburebure bwa kilometero 35. Niwuzurira igihe cyagenwe u...
Ku manota 73 kuri 70 APR BBC yaraye itwaye igikombe cya Shampiyona ya Basketball mu Rwanda iba iracyisubije ku nshuro ya kabiri. Hari nyuma yo gutsinda imikino ine ku mikino ibiri iyo bari bahangaye y...
Ubuyobozi bwa Kenya butangaza ko mu gihe gito kiri imbere hari abapolisi 600 bazoherezwa muri Haïti gufasha igisirikare cy’aho guhangana n’amabandi asa n’ayigaruriye igihugu cyose. Ayo mabandi ayobora...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga ashima ubwitange abasirikare bashya binjiye muri RDF bagaragaje mu gihe bamaze batozwa, abasaba kuzashyira mu bikorwa ibyo bize. Yabivugiye ...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu avuga ko hari abantu bumva avuga ibyabaye mu mateka y’u Rwanda bakamurakarira. Abo ngo ni abafite aho bahuriye n’abagize uruhare mu macak...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali bwaraye businyanye na Ambasaderi wa Suède mu Rwanda amasezerano ya miliyoni $10 azatangwa nk’inkunguzanyo yo gushyigikira imishinga mito n’imishinga iciriritse mu Rwanda....
Perezida Kagame yagiranye na mugenzi we uyobora Singapore witwa Tharman Shanmugaratnam ibiganiro uko imikoranire hagati y’ibihugu byombi yarushaho gutezwa imbere. Ni imikoranire igomba kuzamuka mu bu...
Perezida Kagame hamwe na Minisitiri w’Intebe wa Singapore bayoboye umuhango wasinyewemo amasezerano avuguruye arebana no kudasoreshanya kabiri ku bicuruzwa biva mu gihugu kimwe bijya mu kindi. Ni amas...
Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yashimiye abanyeshuri barangije muri Kaminuza nyarwanda yigisha ubuhinzi bwa kijyambere, RICA, kuba barize neza, abasaba kuzaba ba agoronome bakunda u Rwanda. ...









