Ikigo cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika gishinzwe umurimo cyoherereje Repubulika ya Demukarasi ya Congo inyandiko iyimenyesha ko hari abana bakoreshwa mu bucukuzi bw’ibuye ry’agaciro rya Cobalt. Ir...
Komiseri wungirije w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NBA, witwa Mark Tatum yandikiye bamwe mu Basenateri b’iki gihugu abamenyesha ko Ishyirahamwe ayoboye rikor...
Abagize Diviziyo ya gatanu y’ingabo z’u Rwanda na bagenzi babo bo muri Brigade ya 202 mu ngabo za Tanzania bahuye baganira uko impande zombi zakorana mu gukumira ibyaha byambukiranya imipaka. Bahuriye...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko kuba ingagi zitwa amazina buri mwaka mu muhango ngarukamwaka byazamuye imibereho y’abatuye iyo Ntara. Ibi kandi byashimangiwe...
Umuhuzabikorwa w’Igiterane cya Rwanda Shima Imana, Amb.Dr.Charles Murigande avuga ko urugendo rw’imyaka 30 Abanyarwanda bamaze biyubaka ari intambwe yo nziza ikwiye gutuma bashima Imana. Yabivuze habu...
Umuyobozi mu ihuriro nyafurika ry’abafite ubumuga bwo mu mutwe umunya Namibia Charles Nyambe avuga ko ari ngombwa ko Leta zita ku bantu bafite ubumuga bwo mu mutwe ntibahezwe kuko abantu nk’abo baba b...
CG Felix Namuhoranye uyobora Polisi y’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we uyobora Polisi ya Seychelles witwa Commissioner of Police (CP)Ted Barbe. Barbe ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. ...
Mu Majyepfo ya Lebanon imiryango iri guhunga ku bwinshi yanga ko abayigize bahitanwa n’ibisasu by’indege za gisirikare za Israel. Ubuyobozi bw’izi ngabo bwari buherutse gusaba abatuye mu bice Hezbolla...
Ubuyobozi bw’Umuryango ushinzwe Kurwanya Ikwirakwizwa ritemewe ry’Intwaro nto muri Afurika (RECSA) uvuga ko kugeza ubu hari intwaro zirenga miliyoni 100 ziri mu batuye Afuruka kandi batemerewe kuzitun...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho abasenateri barimo na Dr. Usta Kaitesi wahoze uyobora Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, RGB. Abandi Perezida Kagame yagize Senateri ni Dr. François Xavier ...









