Ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwasabye ingabo zabwo n’abandi bose babishobora ko bagomba guhiga kandi bagahitana umuyobozi wa FDLR witwa General Pacifique Ntawunguka wamamaye nka Om...
Iburanisha riherutse kubera mu rukiko rwisumbuye rwa Huye humviswe abaganga bari bamaze iminsi bakora isuzuma ku mibiri y’abantu bivugwa ko bishwe bigizwemo uruhare n’abarimo n’abapolisi. Mu rukiko bi...
Umwe mu ba dipolomate yatangaje ko mu mpera z’Icyumweru gishize hari ubwato bwa Misiri bwagejeje intwaro muri Somalia mu rwego kubakira iki gihugu ubushobozi mu bya gisirikare. Ni igikorwa kiri mu mug...
Umuyobozi mu Rugaga nyarwanda rushinzwe uburenganzira bwa muntu, CLADHO, ushinzwe guhuza gahunda witwa Evaritse Murwanashyaka aburira abantu bakuru bahohotera abana ko amategeko abategereje, akabagir...
Ishyirahamwe nyafurika ry’umupira w’amaguru, CAF, ryatangaje ko Uganda, Tanzania na Kenya byemerewe kuzifatanya mu gutegura no kwakira imikino ya CHAN 2025. Itangazo rikubiyemo iki cyemezo ryaraye ric...
Mu ijambo yavuze ubwo yakiraga indahiro z’Abasenateri 20 barahiriye inshingano muri manda ya kane, Perezida Kagame yabasabye gushyira imbaraga mu kumenya uko abaturage babayeho bitabaye ngombwa ko bab...
Abasenateri 26 bagize Manda ya kane ya Sena y’u Rwanda batoye François Xavier Kalinda ngo yongere abayobore. Yamamajwe na Senateri Mureshyankwano Marie Rose wamutatse cyane avuga ko uretse no kuba ari...
Batatu barimo uwari ushinzwe umutekano wa Perezida wa Benin Patrice Talon bafunzwe bakekwaho gutegura umugambi wo kumuhirika ku butegetsi. Umushinjacyaha mukuru muri iki gihugu avuga ko undi muri abo ...
Omar Al Bashir wahoze uyobora Sudan arwariye mu bitaro biri mu Majyaruguru y’iki gihugu nyuma y’uko yoherejwe muri bimwe mu bitaro bikomeye by’aho. Bashir yavanywe ku butegetsi n’imyigaragambyo yabaye...
Nelly Mukazayire uherutse kugirwa Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo avuga ko siporo iramutse yitaweho yaba inkingi yo kuzamura ubukungu bw’u Rwanda na Afurika muri rusange. Uyu muyobozi ...









