Mu minsi micye iri imbere ibitaro Bya Muhororo biri mu Karere ka Ngororero birasenywa hubakwe ibindi bishya. Ni ibitaro bishya Perezida Kagame yemereye abaturage ba Ngororero. Ibitaro bya Muhororo bir...
Perezida Paul Kagame na Madamu we bari i Paris mu Bufaransa mu Nama ya 19 ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zo mu muryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa OIF iri bwige uko Ghana yaba umunyamuryang...
Amakuru aravuga ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ari gutegura mu ibanga uko Itegeko Nshinga ryahinduka kugira ngo azongere yiyamamaze. Impamvu ibitera ni uko ashaka gu...
Myugariro wa Gasogi United yatawe muri yombi akurikiranyweho gukwirakwiza amafoto n’amashusho y’ubwambure bw’uwahoze ari umukunzi we. Uko bigaragara uyu musore amaze igihe afunzwe kuko yatawe muri yom...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko kugeza kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Ukwakira, 2024 abantu 11 ari bo bari bamaze guhitanwa n’icyorezo Marburg. Iki cyorezo bivugwa ko cyageze mu Rwanda mu mpera za Nz...
Ni inyamaswa idasanzwe haba mu miterere y’umubiri wayo no mu miterere y’ubudahangarwa bwawo. Uretse kuba ari inyoni iguruka, agacurama gafite isura y’imbwa. Iyi nyamaswa ivanze gusa n’imbwa kandi ik...
Abakorerabushake 70 ba Croix Rouge bakorera mu Turere tw’Umujyi wa Kigali nibo bahawe ayo mahugurwa ku ikubitiro bakazakurikirwa n’abandi mu gihe gito kizaza. Emmanuel Mazimpaka ushinzwe i...
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ivuga ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Marburg ihagaritse gusura abana ku mashuri biga bacumbikirwa. Kuri uyu wa 02 Ukwakira nibwo MINEDUC yavuze ko ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yageze muri Latvia mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu abanza gusura inzu ndangamurage y’iki gihugu kiri mu bigizi icyitwa Baltic. Mu masaha ari imbere Kagame ara...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko nyuma y’igitutu cy’itangazamakuru, ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwakoranye na Polisi barekura umuyobozi ushinzwe imibereho myiza mu Kagari Bihembe wari ufungiye mu...








