Kubera impamvu zitatangajwe, Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, cyanzuye ko abana 22 b’ingagi batakiswe amazina ku italiki 18, Ukwakira, 2024 nk’uko byari biherutse gutangazwa. Itangazo ry’ik...
Karine Jean-Pierre uvugira Ibiro bya Perezida w’Amerika yatangaje ko Amerika yahaye u Rwanda miliyoni $11 ni ukuvuga arenga miliyari Frw 12 ngo ruyakoreshe mu guhangana na Marburg. Amerika iri no gufa...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi avuga ko ubucuruzi hagati y’ibihugu by’Afurika bwaba uburyo bwo kwirinda intambara zikunze kuvuka hagati yabyo. Yabivugiye m...
Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia yaraye yemeye ko Sahle-Work Zewde wari Perezida wa Repubulika asimburwa na Taye Astike Selassie. Muri Ethiopia, Minisitiri w’Intebe niwe uba ufite ububasha b...
Ubuyobozi bw’ingabo za Israel butangaza ko guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukwakira zaguriye ibitero byazo mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Lebanon. Byari bimaze iminsi bigabwa mu Maj...
Urwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, rwatangaje ko guhera kuri uyu wa kabiri ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli mu Rwanda byongeye kugab...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku buzima, RBC, cyaraye gitangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 07, Ukwakira, hari izindi nkingo 700 zaraye zigeze mu Rwanda. Ku Cyumweru Minisitiri w’ubuzim...
Prof Sam Yala uyobora Kaminuza mpuzamahanga yigisha imibare na sciences, AIMS-Rwanda, yabwiye abitabiriye igikorwa cyo gutangiza Icyumweru cyahariwe Sciences kitwa Next Einstein Forum ko u Rwanda ruri...
Itsinda ry’abatabazi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abasirikare ba SADC biganjemo abo muri Afurika y’Epfo ryasanze ubwato buherutse kucurangurira abagenzi mu kiyaga cya Kivu bwararohamye ...
Kafutshi wari usanzwe utwara umunyapolitiki ukomeye mu batavuga rumwe na Leta ya Tshisekedi witwa Moïse Katumbi Chapwe aravugwaho kurigiswa. Imiryango itatu iharanira uburenganzira bwa muntu yabyamag...









