Guverinoma ya Uganda yavuguruye imikoranire n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu guhashya Allied Democratic Forces( ADF). Bivuze ko Kampala na Kinshasa babona ko ADF ari ikibazo kibugarije...
Munyangeyo Dieudonné Kennedy wayoboraga Televiziyo y’u Rwanda yeguye ku buyobozi bwayo nyuma y’uko WASAC itangaje ko yasanze ayiba amazi. Niwe watangaje ko yeguye hanyuma RBA nayo itangaza ko yemeye ...
Mu kiganiro cyahawe abanyamakuru kuri uyu wa Mbere abari basanzwe babyaza umusaruro Kigali Heights bavuze ko bayigurishije n’ikigo cy’ubucuruzi YYUSSA Company Ltd ku giciro cya Miliyari Fr...
Ikigo kitwa Kigali Heights Development Company giherutse kugura inyubako ikomeye yo mu Mujyi wa Kigali yitwa Kigali Heights. Mu masaha y’umugoroba hateganyijwe ikiganiro n’itangazamakuru kiri bugaruke...
Ikigo kitwa CubeSat cy’abanya Repubulika ya Tcheque kiri gukora icyogajuru cy’u Rwanda kizoherezwa mu kirere mu mwaka wa 2026. Kizaba gishinzwe gukurura amakuru y’ibintu bitandukanye birimo n’ibireba ...
Drone ya Hezbollah yaraye irashe igisasu ku ngabo za Israel aho zari ziri mu birindiro byazo biri ahitwa Binyamina hapfa abasirikare bane, abandi barenga 60 barakomereka, bamwe mu buryo bukomeye. Ubu ...
Rees Kinyangi uyobora SONARWA na Aisha Uwamahoro ushinzwe ibaruramutungo muri iki kigo batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha bakurikiranyweho kunyereza miliyoni Frw 117. Ubugenzacyaha bwabwiye ...
Bamwe bavuga ko yari Umutaliyani mu gihe ubushakashatsi buheruka bwemeje ko ibihamya bya gihanga byerekana ko Christopher Columbus yari Umuyahudi wabaga muri Espagne. Impaka mu ntiti ku nkomoko ya Chr...
Kuri uyu wa Gatandatu i Luanda muri Angola habereye indi nama yahuje Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC witwa Thérese Kayikwamba Wagner. Basubiy...
Ingabo za Israel zatangaje ko mu masaha 24 ashize zagabye ibitero 200 by’indege mu bice bya Lebanon byiganjemo abarwanyi ba Hezbollah. Hagati aho kandi hari diviziyo enye z’ingabo z’iki gihugu ziri ku...









