Minisiteri y’Ibidukikije iherutse gutangaza ko hirya no hino mu Rwanda hagiye guterwa ibiti miliyoni 65. Ni mu gihe 30% by’ubutaka bw’u Rwanda biteye ibiti. Kubitera bizakorwa mu rwego rwo...
Mouvément du 23 Mars( M23) yamaze kugera muri teritwari ya Walikale, iyi ikaba teritwari nini kurusha izindi zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kivu y’Amajyaruguru igizwe na Teritwari eshanu....
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana asaba Abanyarwanda gukomeza ingamba zo kwirinda Marburg, akababwira ko badakwiye gusagarira uducurama bitewe n’uko ari two byagaragaye ko twazanye kiriya cy...
Mu Ntara y’Uburengerazuba hatashywe ku mugaragaro inyubako Intare Kivu Arena biyubakiye ifite agaciro ka Miliyari Frw 5.7. Banishimiye uruhare bagize mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite aheru...
Minisiteri y’ ibikorwa by’ubutabazi ivuga ko imiryango 800 ituriye umugezi wa Sebeya igiye kubakirwa inzu kugira ngo iture ahadashyira mu kaga ubuzima bw’abayigize. Uyu mwanzuro wafashwe hashing...
Ayatollah Ali Khamenei usanzwe ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran aravugwaho uburwayi bukomeye ariko ntawamenya niba uburwayi bwe buterwa n’izabukuru cyangwa ari hari indi mpamvu yabuteye. Khamenei afi...
Abanyarwanda baba muri Mozambique bari mu gahinda ko kwibasirwa n’abaturage bo muri iki gihugu barakajwe n’ibyavuye mu matora birara mu maduka yabo barabasahura. Abo baturage barakajwe ni uko Daniel C...
Abanyarwanda baca umugani w’uko ‘ibijya gucika bica amarenga’. Uyu mugani muri iki gihe uri hafi kugana akariho kubera ko ubushyamirane buri hagati ya Leta zuze ubumwe z’Amerika n’Uburusiya- binyuze m...
Abakozi ba Kaminuza y’u Rwanda basabye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ko bakongererwa imishahara. Prof David Tuyishime wavuze mu izina rya bagenzi be bakorana muri Kaminuza y’u Rwanda, yabwiye Minisit...
Ahanini Kaminuza si amasomo ahabwa abanyeshuri mu ishuri ahubwo ni ubumenyi bakura mu bitabo no mu nzu z’ubushakashatsi. Niyo mpamvu Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente asaba izo mu Rwanda guha ub...









