Umuyobozi wa Diviziyo ya gatatu y’ingabo z’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Uburengerazuba Maj. Gen Nkubito Eugène yabwiye abatuye Rubavu ko badakwiriye guterwa ubwoba n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR umaze i...
Ubuyobozi bukuru bwa Banki Nkuru y’u Rwanda bwatangaje ko gukoresha amadovize mu buryo bwo kwishyurana mu batabyemerewe bizacika burundu mu gihe cy’amezi atandatu. Hari abantu benshi bavugwaho kwishyu...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Ambasaderi Olivier Patrick Nduhungirehe yabwiye abadipolomate bahuriye mu nama iri kubera i Yokohama mu Buyapani ko kugira ngo Afurika itere imbere, bisaba ...
Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze ubumwe Mamoud Ali Youssouf yatangaje ko i Addis Ababa ku cyicaro gikuru cy’uyu muryango hari gushyirwaho ubunyamabanga bwihariye bwo guherekeza isinywa ry’a...
Intabaza abacururiza mu isoko rya Kimironko bagejeje kuri Polisi mu minsi yashize niyo yatumye mu minsi ibiri ifata abantu ikekaho ubujura muri iri soko. Polisi yafashe abo bantu 29 hagati y’ita...
I Yokohama mu Buyapani hatangiye inama mpuzamahanga ihuza Afurika n’iki gihugu yitabiriwe n’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga, ibanziriza izahuza Abakuru b’ibihugu izaba mu minsi iri imbere. Bayita ...
Kubera kubura amadolari y’Amerika, Leta y’Uburundi iratekereza uko yakoresha amafaranga y’Ubushinwa bita Yuan (¥) nk’amadovize buzajya bukoresha butumiza ibicuruzwa hanze. Tariki 31, Nyakanga, 2025 ni...
Haba ikipe y’igihugu y’abagabo ya Basketball haba n’iy’abagore yombi yasezerewe mu marushanwa nyafurika ya Basketball yari yaritabiriye, ataha amara masa. Ikipe y’abagabo yari ihagarariye u Rwanda mu ...
Imvura imaze iminsi igwa mu bice byinshi by’u Rwanda ishobora gutuma hari abahinzi bahita batangira gutera ibihingwa bigufi nk’ibishyimbo, ikintu gishobora gutuma bazarumbya. Minisiteri y&...
Perezida wa Repubulika yatangaje ko we n’umuryango we bamenye inkuru mbi ko Ambasaderi Dr. Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana kandi ko bifatanyije n’umuryango we n’Abanyarwanda bose muri rusange muri i...









