Guhera kuri uyu wa Mbere Taliki 16, Mutarama, 2023 mu Rwanda hatangijwe imyitozo ikomatanyije ihuriza hamwe ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC. Ni imyitozo ngarukamwa...
Hashize iminsi itatu itsinda rya UN rivuga ko ryigenga risohoye raporo ivuga ko hari ibimenyetso simusiga ryabonye byemeza ko ingabo z’u Rwanda, RDF, zinjiye ku butaka bwa DRC gufasha M23. Ibika by’i...
Umunyamategeko Me Bigimba avuga yifuza ko abatangabuhamya barimo na Gen Paul Rwarakabije bagomba kuzitaba urukiko nk’abatangabuhamya ku ruhande rw’abo yunganira . Uyu munyamategeko ari kunganira Lt....
Mu gihe bisa nk’aho nta handi abayobozi ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahanze amaso uretse kuri M23, mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bw’iki gihugu abaturage bari kumarana. Ni abaturage bo...
Umukuru w’ Rwanda yabwiye abanyacyubahiro bari baje mu muhango wo kwakira indahiro ya Dr. Sabin Nsanzimana na bagenzi be bamaze iminsi mike bashyizwe muri Guverinoma ko u Rwanda rukoresha neza inkunga...
Nyuma y’umwuka mubi umaze amezi hagati ya Kigali na Kinshasa, ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahuruye i Luanda muri Angola baganira uko uyu mwuka w...
Ni ibyemezwa na Ambasaderi wa DRC mu Muryango w’abibumbye Bwana Georges Nzongola-Ntalaja. Kuri uyu wa Kane Taliki 27,10,2022 yabwiye Akanama k’Umuryango w’abibumbye gashinzwe amahoro...
Hashize igihe gito imirwano yubuye hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abarwanyi ba Mouvement du 23 Mars ari wo M 23. Umunyamakuru witwa Christophe Rigaud avuga ko mu masaha y’umugo...
Straton Musoni wahoze ari Visi Perezida wa FDLR ubu ari mu Rwanda. Yahoze yungirije Ignace Murwanashya waje kugwa muri gereza mu mwaka wa 2019 atarangije igifungo cy’imyaka 13 yari yarakatiwe n’inkiko...
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Burenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW) wasohoye raporo ivuga ko mu bihe bitandukanye, ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zahaye ibikoresho n’amafarang...









