Nta nduru ivugira ubusa! Uko ni ko Abanyarwanda baciye umugani bashaka kuvuga ko iyo ibintu bivuzwe na benshi akenshi biba byifitemo ukuri. Uko kuri niko kwatumye umuhanzikazi Shakira ukomoka muri Col...
Mu gihe habura igihe gito ngo rutahizamu uri mu bakinnyi bakomeye kurusha abandi ku isi witwa Lionel Messi yerekwe abafana b’Ikipe Paris Saint-Gèrmain yo mu Bufaransa, umukinnyi wa Filimi akaba yarige...
Lionel Messi yatangaje ko atigeze yifuza kuva muri FC Barcelona, kugeza ubwo ku wa Kane yamenyeshejwe ko nyuma y’imyaka 21 ayikinira, atazahabwa amasezerano mashya. Kuri iki Cyumweru nibwo Messi w’imy...
FC Barcelona yatangaje ko Lionel Messi atazasinya amasezerano mashya muri iyi kipe, nyuma y’uko yananiwe kubahiriza ibyo bumvikanye bitewe n’ibibazo by’ubukungu. Messi wegukanye ‘Ballon d’Or’ es...



