Watangiye amakipe yombi akinira hagati nta gusatirana gukomeye guhari. Ku munota wa kane w’umukino, Power Dynamos yabonye koruneri ntiyayitsinda. Kugeza ku munota wa munani w’umukino, Power Dynamos ya...
Brig. Gen Rusanganwa Déo uyobora APR FC nka Chairman yabwiye abafana b’iyi kipe ko abafuza ko umutoza wayo yirukanwa bakwiye kuba baretse kubitindaho kuko hari abatekinisiye bashinzwe kubisuzuma bakab...
Ahagana saa moya n’igice y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu, taliki 19, Ukwakira, 2024, imvura iremereye yaraye itumye umukino wahuzaga APR FC na Gasogi United usubikwa. Uyu mukino ariko wari watangiye...
Mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana ahitwa Nyagasambu habereye impanuka yakomerekeyemo abafana ba APR FC bari berekeje muri Tanzania. Mu ijoro ryakeye nibwo yabaye ariko ntiyari ikomeye cyane ...
Azam FC yomuri Tanzania yaraye itsinze Rayon Sports mu mukino wa gicuti wakinwe ku munsi Rayon yise ‘uw’igikundiro’. Yayitsinze igitego 1-0, abafana bayo batahana agahinda. Rayon yari yakinishije abak...
Umukino wahuje APR FC na Kiyovu Sports warangiye APR iwutsinze ku 1-0 bituma itwara igikombe cya Shampiyona ya 2023/2024. Hari ku mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona wabaye Kuri uyu wa Gatandatu ,Kuri...
Umukino yaraye uhuje Bugesera FC na APR FC warangiye amakipe yombi anganya 0-0. Igice cya mbere cyawo cyaranzwe nuko buri amakipe yombi yakiniraga umupira hagati ahererekanya, ariko ntihaboneke ubury...
Ikipe yari ihagarariye u Rwanda mu marushanwa y’igikombe cya Mapinduzi Cup cyabereraga muri Zanzibar ari yo APR FC yaraye itsindiwe mu mukino wa ½ . Yatsinzwe n’ikipe yitwa Mlandege FC yo muri Zanziba...
Ubushinjacyaha bwa gisirikare kuri uyu wa Gatanu taliki 15, Nzeri, 2023 bwasabiye abantu bane barimo abakozi ba APR FC batatu (abasirikare n’umusivile umwe), gufungwa imyaka itatu ku bw’icyaha cyo guc...
Ubuyobozi bwa APR FC buherutse gukoresha inama abakinnyi n’abandi bakozi bakuru muri iyi kipe bubabwira impamvu zatumye umutoza Adil hamwe na Kapiteni Djabel Manishimye bahagarikwa. Lt Gen Mubalakh ...









