Perezida Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa RSSB gukorana vuba n’ibitaro bya Faysal bugakemura ibibazo by’amikoro bihari. Hari mu ijambo yagejeje ku bari baje kuwitabira umuhango wo gushyira ibuye ry’i...
Mu bitaro bya Faysal hari kubera umuhango wo gushyira ibuye ahazagurirwa ibitaro bya Faysal. Ni ibitaro biri mu by’ibanze bikomeye mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo. Bimaze imyaka 30 bishinzwe, bika...
Abafatangabikorwa b’ibitaro bya Faysal bakoreshejwe inama berekwa igishushanyo mbonera cy’uko bizagurwa. Nibyuzura bizaba byikubye kane mu buso byari bisanganywe ndetse no mu bushobozi. Bi...
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwaciye urubanza rutegeka ibitaro byitiriwe Umwami Faysal kwishyura umuryango Miliyoni Frw 105, andi acibwa ikigo cy’ubwishingizi, SONARWA, kubera uburangare bwakozwe n’a...
Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko ibitaro byitiriwe umwami Faysal byemerewe gutanga amasomo agenewe abanyeshuri muri Kaminuza biga ubuvuzi. Ririya tangazo rivuga ko kwemere...
*Faysal yaramurangaranye, *Aregeye Urukiko, Rubura Umwanzuro w’Iburanisha Ryabanje Nyuma y’uko Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutegetse ibitaro bya Faysal n’Ibya Kanombe kwishyura miliyoni Frw 100 umu...
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwategetse ibitaro bibiri bikomeye mu Rwanda guteranya amafaranga bigaha umugore miliyoni zirenga 100 Frw kuko byagize uruhare mu kumuca ibere byibeshye ko rifite cancer....






