Abakina umukino w’amagare mu ikipe y’igihugu bagiye muri Cameroun guhatana na bagenzi babo bitabiriye irushanwa Grand Prix Chantal Biya 2023, Iri siganwa rizatangira kuri uyu wa Kabiri taliki 03, Ukwa...
Nta mezi arindwi arashira ubuyobozi bw’inzibacyuho bwa Mali butegetse ko Olivier Salgado wari umuvugizi wa MINUSMA kubavira ku butaka. Ubu hatahiwe ushinzwe uburenganzira bwa muntu muri MINUSMA witwa ...
Inzego z’umutekano za Burkina Faso zabohoje abagore 27 n’abana babo 39 bari barashimuswe n’ibyihebe bikekwa ko ari ibyo muri Islamic State, ishami ry’Afurika y’i Burengerazuba. Mu mpera z’Icyumweru gi...
Guverinoma ya Burkina Faso iratangaza ko hari imirambo 28 iherutse kubona ahantu yari ihishe. Kugeza ubu ntiharamenyekana uko yageze aho hantu cyangwa ngo hamenyekane abakoze buriya bwicanyi. Icyakora...
Barbara Manzi wari uhagarariye Umuryango w’Abibumbye muri Burkina Faso yasabwe kuva muri iki gihugu mu gito gishoboka. Amakuru avuga ko yari afitanye imikoranire ya rwihishwa n’imwe mu mitwe irwanya u...
Muri Burkina Faso haravugwa ko uwayoboraga iki gihugu witwa Lt Col Paul-Henri Sandaogo Damiba yemeye kuva ku butegetsi ahita ahungira i Lomé muri Togo. Kuva mu mpera z’Icyumweru gishize, nibwo muri ki...
Inzu Ambasade y’u Bufaransa muri Burukina Faso ikoreramo abaturage bayishumitse ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu. Byakozwe n’abaturage bashyigikiye ifatwa ry’ubutegetsi ku ngufu ryabaye ku wa Gat...
Ikipe y’igihugu ya Zimbabwe yitwa The Warriors yabaye iya mbere mu gusezererwa mu marushwa ya CHAN ari kubera muri Cameroun . Yatashye imaze gutsindwa ku nshuro ya kabiri, kuri iyi nshuro ikaba ...






