Ahagana saa yine z’ijoro kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu gice cy’Uburengerazuba bw’Umujyi wa Goma uturanye n’Akarere ka Rubavu humvikanye ibisasu biremereye. Abahatuye babwiye itangaza...
Olivier Nduhungirehe uyobora Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda avuga ko bitumvikana ukuntu amahanga yahagurutse agahagarara ngo ni uko M23 yafashe Masisi kandi atarigeze yamagana ubwicanyi a...
Kuri uyu wa Mbere imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, buri ruhande rushaka kwigarurira agace ka Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru. Radio Okapi ivuga k...
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC ari ryo ryabashotoye guhera kuri uyu wa 21 Ukuboza 2023, bituma bubura intwaro bararwana. Iyo mirwano iri kubera muri T...
Taarifa ifite amakuru y’uko hari abasirikare b’Uburundi bagera cyangwa barenga 500 bari muri gereza kuko banze gukorana n’ingabo za DRC mu kurwanya M23. Aya makuru kandi aherutse kugarukwaho na Radio ...
Umuvugizi mu bya Politiki wa M23, Lawrence Kanyuka yavuze ko mu masaha ya mu gitondo kuri iki Cyumweru taliki 05, Ugushyingo, 2023 abarwanyi b’umutwe avugira bafatiye ku rugamba abasirikare b’Uburundi...
Ubwanditsi bwa Taarifa bwabonye video irimo abagabo barenga 10 bemera ko ari abo muri FDLR no muri Nyatura baherutse gufatwa na M23. Bemeye ko yabafashe bari mu mugambi wo gutera u Rwanda bafatanyije ...
Taliki 16, Ukuboza , 2022 ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zateye M 23 ziyitunguye ziyisukaho umuriro w’inkekwe. Iyo mirwano yarangiye ingabo za DRC zigambye kwirukana M23 mu bice bine war...
Intambara irakomeje muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kandi ku rwego rukomeye. Abarwanyi ba M23 berekanye intwaro nyinshi ndetse na radio z’itumanaho rya gisirikare bambuye ingabo za Repubulika y...
Mu Nama idasanzwe yateranyije Umuryango w’Abibumbye ku kibazo cy’ibiri kubera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, abahagarariye u Rwanda na Uganda basabye ko isi yakurikiranira hafi iby’ingengabit...









