Ibi bigo byasinye amasezerano y’ubufanye agamije guteza imbere imishinga y’urubyiruko rw’u Rwanda. Ni amasezerano y’umwaka umwe azibanda mu gutera inkunga imishinga mito n’iciriritse, SMEs, izakorwa n...
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Luxembourg yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere abantu baturutse mu Rwanda batemerewe kwinjirayo, bitewe n’ubukana bw’icyorezo ya COVID-19 mu gihugu. Ni icyemezo c...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) inkunga ya miliyoni € 1.5 – ni ukuvuga agera muri miliyari 1.7 Frw – yo gufasha impunzi z’Abarundi mu...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Ursula von der Leyen, yatangaje ko ugiye gutanga miliyari €1, izakoreshwa mu kubaka ibigo bikora inkingo za COVID-19 mu bihugu bitandukanye ...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Afurika y’Epfo n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi byabaye bihagaritse gukingira COVID-19 bikoresheje urukingo rwa Johnson & Johnson (J&J), nyuma y’uko ruvuzweho ibi...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi Ambasaderi Albert Shingiro yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi barebera hamwe uko ibihugu byombi byazanzumura umubano. Ubutu...
Mu buryo butunguranye, Perezida w’Afurika y’Epfo akaba ari nawe uyoboye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Cyril Matamela Ramaphosa yatangaje ko Inama yari buhuze Abayobozi bakuru bawo n’ab’Umuryango w’...






