Umwe mu mishinga minini iteganyijwe kuzakorwa mu ngengo y’imari ya 2024/2025 ni uwo kubaka Ibigega binini bya essence na petelori mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo. Ibyo bigega bizaba b...
Intambara ikomeje gututumba hagati ya Iran na Israel yatumye abacukura essence bagira amakenga y’uko isoko ryayo ryabura batangira kuyibika none yazamuye ibiciro ku isoko mpuzamahanga. Si essenc...
Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko mu byumweru bike biri imbere umugenzi azajya yishyura urugendo rwa bisi bitewe n’aho ageze aho kwishyura urugendo rwose rw’aho igarukira. Izi...
Ushingiye ku giciro cyashyizweho na RURA, uhita ubona ko litiro ya essence yagabanutseho Frw 3 kuko yari isanzwe igura Frw 1,639, ariko guhera taliki 12, Gashyantare, 2024 izagura 1,637 mu gihe mazout...
Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko izamuka ry’igiciro cya Essence ku rwego rw’isi ryatumye n’u Rwanda ruzamura icyo giciro, cyiyongeraho Frw 122. Icyakora igiciro cya Mazout cyo cyagumye kuba uk...
Ubuzima bwo mu Burundi burakomeye kubera impamvu zitandukanye ariko ikomeye kurusha izindi ni ubukungu bwifashe nabi cyane. Bwifashe nabi k’uburyo abahanga mu by’ubukungu bavuga ko igihugu kiri kugana...
Bucya haba Noheli y’umwaka wa 2022, muri Afurika y’epfo habaye impanuka ikomeye yatewe n’uko ikamyo yari ipakiye essence yaturitse. Imibare itangazwa na Polisi n’abakora mu rwego rw’ubuzima ivuga ko a...
I Johannesburg hamaze kubarwa abantu 15 bahitanywe n’ibibatsi bikomeye by’umuriro watewe n’iturika ry’ikamyo yari irimo essence. Umwe mu baganga wo mu bitaro byitwa Tambo Memorial Hospital witwa Joe P...
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka kuri Petelori bidasiba kuzamuka kubera ibibazo biri hirya no hino ku isi, muri Kicukiro no muri Nyarugenge hari abo Polisi iherutse gufata barabyibye babibika mu ngo zabo ...
Ikigo Vivo Energy Rwanda gicuruza ibikomoka kuri peteroli cyatangije ubukangurambaga cyise ‘Birahwanye’, bugamije gushimangira ko abakiliya bacyo bahabwa ibicuruzwa bifite ubuziranenge, bagahabwa inga...









