I Ankara muri Turikiya haraye habereye umuhango w’irahira rya Recep Tayyip Erdogan wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu. Perezida Paul Kagame ari mu Bakuru b’ibihugu bitabiriye uyu muhango, bamushim...
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yaraye ageze Ankara muri Turikiya ku butumire bwa mugenzi we Reccip Erdogan uherutse kongera gutorerwa kuyobora iki gihugu. Erdogan aherutse kongera gutorerwa kuyobora ...
Mu gihe ku isi intambara ivugwa cyane ari iri hagati y’u Burusiya na Ukraine, hari indi ntambara ikomeye iri gutegurwa na Turikiya kuri Syria. Perezida wa Turikiya avuga ko iriya ntambara izatangira n...
Mu ngoro ya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hasinyiwe amasezerano y’ubufatanye burambye hagati ya Turikiya n’iki gihugu kiri mu bikungahaye ku mutungo kamere kurusha ibindi ku isi. Mu ma...
Perezida wa Turikiya Tayyip Erdogan yabwiye abanyamakuru ko Abatalibani bagombye guhagarika intambara bari kugaba ku butegetsi bw’i Kabul kuko Turikiya izabivuna nibaramuka begereye ikibuga cy’indege ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Turikiya yatumije Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri icyo gihugu, ngo atange ibisobanuro ku cyemezo igihugu cye cyafashe cyo kwemeza Jenoside yakorewe ...





