K’ubufatanye n’Ikigo Afri-Global Cooperation Program Ltd (AGCP), Banki ya Equity Bank Plc igiye gushyiraho uburyo bwo gusobanurira abantu uko imari ivuka n’uko icungwa mu buryo burambye. Izabikora bis...
Mu mpera za Nyakanga, 2023, Banki yitwa Equity ( iyoborwa n’ikigo Equity Group Holdings Plc) izaba yarangije kwishyura no kwegukana mu buryo budasubirwaho imigabane y’icyahoze ari Cogebanque. Ubuyoboz...
Amakuru yari amaze iminsi avugwa y’uko Equity Bank igiye kugura COGEBANQUE yabaye impamo. Ubuyobozi bw’iyi Banki bwatangaje ko bwamaze kugura 90% by’imigabane yose yari isanzwe iri muri COGEBANQUE. Eq...
Amakuru aturuka muri Kenya avuga ko Bwana James Mwangi uyobora imwe muri Banki zikomeye zo mu Karere u Rwanda ruherereyemo yitwa Equity Bank ashobora gutabwa muri yombi mu gihe kiri imbere akurikirany...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yakiriye mugenzi we uyobora Urwego nk’uru muri Kenya ngo baganire imikoranire. Kenya ni kimwe mu bihugu byo mu...
Umugabo wahoze muri Banki ya Equity ishami ry’u Rwanda ashinzwe ibikorwa by’ubucuruzi witwa Jean Claude Gaga ubu ari muri Airtel-Rwanda aho inshingano ye ya mbere ari ukuzamura umubare w’abakoresha Ai...
Umwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo uvuga ko abantu 22 bahamijwe ibyaha birimo kwiba Banki y’Abanya Kenya ikorera mu Rwanda yitwa Equity bagomba gufungwa imyaka umunani buri wese kandi bagafatan...
Jean Claude Gaga ushinzwe ubucuruzi muri Banki ya Equity yavuze ko kuba bararebye kure bagakoresha ikoranabuhanga mbere, byatumye COVID-19 itabagiraho ingaruka kuko ngo abantu bakomeje kubona serivise...
Guhera kuri uyu wa 30 Ukuboza, 2020 ,Ubuyobozi bukuru bw’Ikigo cy’ubucuruzi Equity Group bwamurikiye abanyamuryango bayo ibirango bishya byerekana ko bwaguye akazi bukaba bugiye kongera serivisi kub...








