Cyril Ramaphosa yavuze ko kugira ngo ingabo ze ziri muri DRC zizatahe bizaterwa n’uburyo ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano aherutse gusinyirwa i Dar es Salaam rizagenda. Yabivuze akomoza ko nama iher...
U Rwanda rwemeye ko imirambo y’abasirikare 14 ba kiriya gihugu baherutse kwicirwa i Goma bacyurwa iwabo baciye mu Rwanda. Hari amakuru avuga ko iriya mirambo ishobora kuzacishwa Uganda kugira ngo ifat...
Angie Matsie Motshekga usanzwe ari Minisitiri w’ingabo za Afurika y’Epfo ari ku gitutu cyo kwegura nyuma y’uko Abadepite bamushinje uburangare bwatumye igihugu cye gipfusha abasirikare 14 baherutse kw...
Nyuma yo kuraswa n’abarwanyi ba M23 zigapfusha abantu 13, ubu ingabo za Afurika y’Epfo zigera ku 2,000 zabuze uko zitaha iwabo kuko nta ndege yemerewe kugwa i Goma ngo izitware. Amakuru avuga ko hari ...
Perezida Matamela Cyril Ramaphosa wari usanzwe uyobora Afurika y’Epfo akaba aherutse kongera gutorerwa kuyobora Afurika y’Epfo yarahiriye inshingano ze. Yabwiye abaturage b’iki gihugu ko azabageza kub...
Mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira taliki 15, Mata, 2024 Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa azasura Uganda. Byatangajwe n’Ibiro bya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda ku ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Afurika y’Epfo Dr. Naledi Pandor yabwiye umwanditsi ushinzwe iby’ububanyi n’amahanga mu Biro ntaramakuru by’Afurika y’Epfo, SABC, ko Perezida Ramaphosa azaganira na...
Umugabo wigeze kuyobora Afurika y’Epfo Jacob Zuma yakoze impanuka ariko ku bw’amahirwe arayirokoka. Bivugwa ko yagonzwe n’umusinzi. Nyuma y’iyo mpanuka abo mu ishyaka rye bavuze ko yagonzwe n’umuntu w...
Kubera impamvu zigikorwaho iperereza, abasirikare babiri ba Afurika y’Epfo barasanye umwe yica undi, nawe arirasa. Bivugwa ko byatewe n’ubwumvikane buke ariko iperereza rirakomeje. Ikinyamakuru cyo mu...
Cyril Ramaphosa uyobora Afurika y’Epfo yategetse ko ingabo ze 2,900 zoherezwa mu Burasirazuba bwa Raepubulika ya Demukarasi ya Congo kurwana mu buryo bweruye na M23. Afurika y’Epfo kuri X yatangaje ko...









