Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yageze i Kigali, mu ruzinduko yatangaje ko rugamije gufungura paji nshya mu mubano n’u Rwanda. Ni we perezida wa kabiri w’u Bufaransa ugiriye uruzinduko mu...
Mu ruzinduko biteganywa ko azagirira mu Rwanda mu minsi mike iri imbere, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron azunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, anageze ijambo ku barokotse. Ni ur...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yemeje ko azagirira uruzinduko mu Rwanda mpera z’uku kwezi, rugamije gushimangira umubano mushya ukomeje kugaragara hagati y’ibihugu byombi. Mu kiganiro n’abanya...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, nyuma y‘inama yahuje abakuru b’ibihugu batandukanye baganira ku gutera inkunga leta ya Sudan. Iyi nama kuri Sudan...
Perezida Paul Kagame yageze i Paris mu Bufaransa, aho azitabira inama mpuzamahanga kuri Sudan n’indi izibanda ku gushyigikira ubukungu bwa Afurika muri ibi bihe by’icyorezo cya COVID-19. Inama yo kuri...
U Bufaransa bwatangaje ko nyuma y’ibiganiro byabaye ku wa Gatanu, u Bushinwa bwashimangiye ko bwemeye gukurikiza amavugurura y’i Kigali mu masezerano ya Montréal, agena igabanywa ry’imyuka yangiza iki...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yemeje ko ububiko bw’inyandiko bwa Perezida François Mitterrand zijyanye n’u Rwanda hagati ya 1990 na 1994 bugiye gufungurirwa abantu bose, mu kurushaho gushyira...
Raporo yamuritswe n’itsinda ryari rikuriwe na Prof Vincent Duclert, yanzuye ko u Bufaransa bufite uruhare rukomeye mu mateka yagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nubwo iteruye ko...
Nyuma y’imyaka ibiri y’icukumbura, komisiyo yashyizweho na Perezida Emmanuel Macron ngo isesengure inyandiko zigaruka ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi, byitezwe ko itanga rapor...








