Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yatangaje ko hamwe n’ibihugu bafatanyaga mu kurwanya iterabwoba muri Mali, bagiye kuvanayo ingabo kubera kudahuza n’ubuyobozi bwa gisirikare buyoboye icyo gihugu...
Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Ukwakira, Urukiko rwa gisirikare rw’i Ouagadougou muri Burkina Faso ruratangira kuburanisha urubanza rw’abakekwaho kwica Thomas Sankara. Sankara wafatwaga nk’umuyobozi w’im...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yakubiswe urushyi ku itama n’umugabo wamutunguye ubwo yagendaga asuhuza abantu, mu buryo bwatumye abashinzwe umutekano we bagwa mu kantu. Macron kuri uyu wa Kab...
Kera kabaye, Ubucamanza bw’u Bufaransa bwemeje ko Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro ushinjwa uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi, mu mwaka utaha azatangira kuburanishwa k...
Impuzamiryango iharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, Ibuka, yashimye intambwe Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yateye, akemera uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yako...
Minisitiri w’Ibikorwa remezo Gatete Claver yagiranye ibiganiro n’abashoramari b’Abafaransa, bagaragaje ubushake bwo gushora amafaranga mu kubaka umushinga w’utumodoka tugendera ku migozi, tuzwi nka Ca...
Perezida Emmanuel Macron yasoje uruzinduko rw’amateka yagiriraga mu Rwanda, yemereyemo uruhare rw’igihugu cye mu mateka yagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni uruzinduko rwa ...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yatangaje ko umubano wabwo n’u Rwanda ufite byinshi ushobora kubakiraho, birimo kuba u Rwanda rugiye kwemeza ambasaderi wabwo nyuma y’imyaka itandatu. Macron yab...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yavuze ko yaje mu Rwanda yitwaje inkingo zisaga 100.000 za COVID-19, agaragaza ubushake bwo gukomeza gukorana mu guhangana n’iki cyorezo. Mu kiganiro n’aba...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yemeye uruhare rw’igihugu cye mu mateka yagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, agaragaza ko iki ari igihe cyo guharanira umurage mwiza uzasigirwa abat...









