Gahunda ya Ejo Heza yashyizweho n’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, na Minisiteri y’imari n’igenamigambi hagamijwe ko Abanyarwanda basaza bariteganyirije. Abafite ibirombe rero bibukijw...
Raporo igaragaza ko abizigamiye muri Ejo Heza mu gihugu hose mu mezi arindwi ashize( ni ukuvuga guhera muri Nyakanga 2024 kugeza Mutarama, 2025), bamaze kuzigama Miliyari Frw 7,5. Ni ubwizigame bunga...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwiteganyirize, RSSB, cyatangaje ko Akarere ka mbere gafite abaturage biteganyirije muri Gahunda ya Ejo Heza ari benshi kurusha abandi ari Gakenke. Abatuye Gakenke bizigami...
Kuba hari abaturage bataritabira kwizigamira muri Ejo Heza biterwa n’impamvu zirimo no kuba batarumva neza akamaro kabyo. Umwe mu bemeza ko ari icyo kibitera ni umunyamabanga nshingwabikorwa w&#...



