Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye ingamba zo kurwanya COVID-19 mu gihugu, isubizaho ko akato ku bantu bavuye mu mahanga ari amasaha 24 muri hoteli zabigenewe aho kuba iminsi itatu. Muri izo ngamba hana...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda yashimishijwe no gukorana na Perezida Magufuli, ndetse ko umurage we uzahora wibukwa. Kuri uyu wa Mbere Dr Ngirente yitabiriye u...

