Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro cyatangaje ko hari imikoranire n’abikorera ku giti cyabo igamije ko abaka inyemezabwishyu ya EBM mu buryo buhoraho babona ikindi gihembo kiyongera...
Nk’uko byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri taliki 27, Gashyantare, 2024, guhera mu gihe gito kiri imbere, umuguzi uzajya waka kandi agahabwa fagitire ku nyongeragaciro azajya...
Umugabo witwa Niyonsaba w’imyaka 44 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma yo guha umupolisi ruswa ya Frw 70,000 ngo atamukurikirana kuko yagurishije imbaho ntazitangire fagitire ya EBM. Ubwo ya...
Nyuma y’uko Ikigo cy’imisoro n’amahoro na Polisi y’u Rwanda baburiye abacuruzi ko bagomba kujya batanga inyemezabwishyu za EBM, kuri uyu wa Gatatu( mu minsi itageze ku Cyumweru), ziriya nzego zatangiy...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cyasohoye imyanzuro ikomeye irimo ko umuguzi uzemera indi nyemezabwishyu itari EBM azajya yamburwa ibyo yaguze bigatezwa cyamunara. Uwabimucuruje azahanwa harimo ...
Imwe mu ngingo Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye atinzeho mu ijambo yagejeje ku bari baje kwizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe abasoreshwa, ni uko Electronic Billing Machine, EBM, igom...
Kuva mu myaka yo hambere ivugwa muri Bibiliya, ijambo “abasoresha” ryakunze kuvugwa kwinshi, ntirihuzwe n’imigirire ya buri munsi y’abakora uyu murimo cyangwa inyungu ufitiye igihugu. Mu gihe cya none...






