Mu ijambo yagejeje ku bagize Inteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, Perezida Kagame yavuze ko kuba uyu muryango udafite imari yawo wigengaho kandi ihagije, bikoma mu nkokora ...
Umunyarwanda uyobora Inteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, Hon Martin Ngoga yabwiye itangazamakuru ko ibibazo by’uko ibihugu bimwe bitatangaga ayo byiyemeje mu ngengo ...
Hasigaye igihe gito ngo Umurundi Liberat Mfumukeko arangize Manda ye ku Bunyamabanga bukuru bwa EAC. Yagiye ku buri buriya buyobozi muri 2016 asimbuye Umunyarwanda Dr Richard Sezibera. Tariki 26, Mata...


