Ikipe ya Volleyball y’abagabo mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yegukanye igikombe cy’imikino ya EALA nyuma yo gutsinda iy’Inteko Nshingamategeko y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EALA) amas...
Umunyarwandakazi Ambasaderi Valentine Rugwabiza ari mu bagore 100 bavuga rikijyana kurusha abandi muri Afurika. Urutonde ari ho rwiswe 100 Most Influential African Women for 2023 rwakozwe n’ikigo cy’...
Ubwo yafunguraga inteko rusange y’Abadepite bagize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yavuze ko ibihugu by’aka Karere bikwiye gukorana kugira ngo ...
Mu Nteko rusange y’Abagize Inteko ishinga amategeko ya EAC( EALA) iherutse guterana, uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Evariste Kalala yashinje u Rwanda gusahura igihugu cye, uruhaga...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe ubufatanye bw’Akarere,( Rtd) Gen James Kabarebe yarahiriye imbere ya EALA nka Minisitiri ushizwe ibikorwa bya EAC. Ni indahiro ikor...
Umudepite uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Uburasirazuba yahagurutse avuga ko agiye kugitanga igitekerezo cye mu Giswayili. N...
Dr. François Xavier Kalinda yaje gusimbura Dr. Augustin Iyamuremye uherutse kuva muri Sena kubera impamvu z’uburwayi. Kalinda asanzwe ari umunyamategeko akaba yarigeze kujya mu Nteko ishinga amategeko...
Joseph Ntakarutimana ukomoka mu Burundi niwe watorewe kuyobora Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba(EALA). Manda irangiye yayoborwaga n’Umunyarwanda Martin Ngoga . Hon Nta...
Abanyarwanda icyenda bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) hamwe na bagenzi babo bo mu bindi bihugu barahiriye Ni inteko ishinga amategeko irim...
Abari bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba muri manda icyuye igihe, bishimira uruhare bagize mu mikorere yayo, k’ubufatanye na bagenzi babo. Umwe ...









