Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakiriwe mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba ari ikintu cyo kwishimirwa. Kagame yashimiye n’Abakuru b’ibindi bihugu byari bisan...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki 29, Werurwe, 2022, haraterana Inama y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’u Burasirazuba. Biteganyijwe ko bari bwige kandi bacyemeza ko Repubulika ya Demukarsasi ...
Raporo yiswe African Integration Report yasohowe n’Ibiro by’Umuyobozi w’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe, yerekana ko mu miryango y’ibihugu by’Afurika byishyize hamwe ngo bitezanye imbere, ibigize EAC...
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bagiye guhurira mu nama idasanzwe ya 18 izaba ku wa Gatatu tariki 22 Ukuboza, izasuzuma raporo zitandukanye ku bikorwa by’umuryango....
Ubuyobozi bw’Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi buri gusuzuma uko bwakuriraho ibihano u Burundi. Ni ibihano mu by’ubukungu byashyizweho mu mwaka wa 2015 ubwo mu Burundi habaga imidugararo yatewe n’uko Pie...
Ubuyobozi bukuru bw’abinjira n’abasohoka bwatangaje ko pasiporo nyarwanda zari zigiye guta agaciro zongerewe umwaka umwe, kubera inzitizi zijyanye n’icyorezo cya COVID-19 zatumye abantu bose batabasha...
Ubuyobozi bwa Tanzania bwashyize bwemera ko abaturage bayo bazajya bahamagara cyangwa bagahamagarwa na bagenzi babo mu Muryango w’Afurika y’i Burengerazuba ku giciro kimwe nk’uko bigenda mu bindi bihu...
Ikigo cy’ubufatanye mpuzamahanga cy’Abayapani, JICA, cyatanze ibikoresho bigize agaciro karenze Miliyoni Frw 700 byo kuzafasha Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro gukumira ko mage...
Ubwongereza bwatangaje ko bugiye gushyira Kenya ku rutonde rw’ibihugu budashaka gukorana nabyo niba ikomeje gufungura umupaka uyihuza na Tanzania. Buvuga ko kuba Kenya yaranze guca ubuhahirane n...
Ubunyamabanga Bukuru bw’umuryango w’Africa y’I Burasirazuba bwatangaje ko bwifatanyije n’abaturage ba Tanzania mu gahinda batewe n’urupfu rwa Dr John Pombe Magufuli waraye apfuye ‘azize umutima.’ Leta...









